skol
fortebet

Mu mahanga

Mutamba yongeye kwigomeka ku rukiko anahishura icyo azakora niruramuka rumukatiye urwo gupfa

Constant Mutamba wabaye Minisitiri w’Ubutabera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (…)

Iran yikomanze ku gatuza nyuma y’uko Amerika ihagaritse kuyirasaho ishimangira ko ikigenzura Hormuz

Iran yatangaje ko ikomeje kugenzura umuhora wa Hormuz, inashimangira ko nta biganiro by’amahoro (…)

Intonganya zikomeye zavutse hagati y’u Bufaransa na Amerika

Intonganya zikomeye zavutse hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u Bufaransa nyuma y’amatora (…)

Lambert Mende yokejwe igitutu nyuma yo kuvuga ko yigeze kuyobywa na Joseph Kabila wari Perezida

Umunyapolitiki Lambert Mende Omalanga yokejwe igitutu nyuma yo gutangaza ko yateye umugongo (…)

Kabila yaba agiye gusimbura Nangaa ku buyobozi bwa AFC/M23?

Amagambo aherutse gutangazwa na Corneille Nangaa, uyobora ihuriro rya AFC/M23, akomeje guteza (…)

Ese birashoboka! Argentine iravugwaho kwitsindisha ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Imwe mu nkuru igezweho ndetse ikomeje gucengera mu matwi ya benshi nyuma y’Igikombe cy’Isi ni (…)

Umugabo yahanutse mu igorofa ntiyapfa uwo asanze hasi aba ari we uhasiga ubuzima

Mu mujyi wa Nagoya mu Buyapani, bari mu gahinda gakomeye nyuma y’uko umukobwa w’imyaka 23 witwa (…)

Amerika na AI y’Abashinwa yitwa Kimi bararebana ay’ingwe

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangiye kureba nabi ikigo cy’Abashinwa Moonshot AI, gikora (…)

Amerika iri gukora iperereza ku ruhare rw’u Burusiya mu bitero bya Iran byibasiye CIA

Amakuru ari gukurikiranwa n’inzego z’umutekano za Leta Zunze Ubumwe za Amerika aragaragaza ko (…)

Umugaba mukuru w’ingabo za Ukraine yakuweho

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yirukanye Umugaba Mukuru w’Ingabo z’igihugu, Gen (…)

Cameroun: Ibura rya Perezida Paul Biya mu gihugu rikomeje kwibazwaho

Muri Cameroun ibura rya Perezida Paul Biya rikomeje gutera impungenge no kubyutsa impaka muri (…)

Amerika imaze gutakaza miliyari 37$ mu ntambara ya Iran

Minisitiri w’intambara wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Pete Hegseth, yavuze ko intambara (…)

Trump yateye utwatsi ibyo gufunga Netanyahu

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yateye utwatsi igitekerezo cya Meya (…)

RDC: Abanyapolitiki batavuga rumwe na Leta basubitse imyigaragambyo ariko bayishyiriraho renga renga

Abanyapolitiki batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bahaye (…)

Trump yazamuye umusoro wa bimwe mu bicuruzwa bituruka Canada

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku iteka rishyiraho (…)