skol
fortebet

Mu mahanga

Ubwato bw’intambara bw’u Burusiya bwakoze imyitozo yo kurasa hafi y’inkombe z’umujyi wa Plymouth mu Bwongereza.

Ubwato bw’intambara bw’u Burusiya bwakurikiranywe n’ubw’Ingabo z’u Bwongereza zirwanira mu mazi (…)

U Bwongereza bwabonye minisitiri w’intebe mushya

Andy Burnham abaye Minisitiri w’Intebe wa karindwi w’u Bwongereza mu myaka 10, nyuma yo (…)

Ghetto Kids yaririmbye mu gikombe cy’isi FIFA ntiyabaha amafaranga ndetse n’umupira bawureba ku kaburembe

Itsinda ry’abana b’ababyinnyi bo muri Uganda rizwi nka Ghetto Kids ryigaragaje ku rwego (…)

Trump yatangaje ko yahoreye abasirikare ba Amerika bishwe na Iran

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko ibitero bishya by’ingabo (…)

U Burusiya buvuga ko bwahanuye drones zirenga 400 zari zerekeje i Moscow

Umuyobozi w’Umujyi wa Moscow yavuze ko indege zitagira abapilote (drones) zirenga 400 zoherejwe (…)

Ibintu Afc/M23 yasabwa mu gihe yashaka gushinga Leta yigenga mu bice yafashe

Mu gihe hakomeje ibiganiro bya politiki hagati ya Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi (…)

Umuhora wa Hormuz - Urujijo rwihishe mu masezerano n’izingiro ry’intambara idashira hagati ya Iran na Amerika

Nyuma y’ibyumweru bitatu gusa Amerika na Iran bisinye amasezerano yari agamije guhagarika (…)

Umuyobozi w’ikirenga wa Iran yibasiye cyane Donald Trump anaca amarenga ko guhagarika intambara bitari hafi

Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Mojtaba Khamenei, yavuze ko kongera kurenga ku masezerano (…)

Ukraine yagabye igitero cya drones zirenga 370 ku Burusiya, abantu barindwi barapfa

Ukraine yagabye kimwe mu bitero bikomeye bya drones ku Burusiya, yohereza izirenga 370 zerekeza (…)

Amerika yagabye ibitero byibasiye ibikorwa remezo by’abasivili muri Iran

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagabye ibitero simusiga kuri Iran nk’uko igisirikare cyayo (…)

LONI yafatiye ibihano abantu batandatu n’umutwe wa AFC/M23

Komite y’Umuryango w’Abibumbye (Loni) ishinzwe ibihano yafatiye ibihano abantu batandatu (…)

Ninde ushobora kubanza gucika intege hagati ya Amerika na Iran? Ibibazo bikomeye bihangayikishije buri ruhande

Amerika na Iran bikomeje kugabanaho ibitero bikomeye, nyuma y’iminsi itanu ikurikirana Amerika (…)

Nyuma ya minisitri w’intebe, Undi muyobozi ukomeye muri Ukraine yeguye

Minisitiri w’ingabo wa Ukraine, Mykhailo Fedorov, yatangaje ko yeguye ku mirimo ye mu rwego rwo (…)

Iran yatangaje ko igiye gufunga indi mihora ikomeye

Iran yatangaje ko ishobora gufunga indi mihora ikomeye ikoreshwa mu gutwara ibikomoka kuri (…)

Trump akomeje guhatira Iran ibiganiro ayikangisha kuyisenyera ibikorwa remezo

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye kuburira Iran ko mu cyumweru (…)