skol
fortebet

Mu mahanga

Trump akomeje guhatira Iran ibiganiro ayikangisha kuyisenyera ibikorwa remezo

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye kuburira Iran ko mu cyumweru (…)

Umuyobozi w’Abasenateri b’Abademokarate muri Amerika - Schumer - yibasiye Trump, amusaba guhagarika intambara ya Iran

Umuyobozi w’Abasenateri b’Abademokarate muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Chuck Schumer, (…)

Ibi ni ubwambuzi – Perezida wa Brazil yibasiye Trump kubera umusoro ku mato anyura i Hormuz

Perezida wa Brazil yavuze ko Trump yaba ahindutse "umwambuzi wo mu nyanja - Pirate" naramuka (…)

Ubwato bunyura mu muhora wa Hormuz bugiye gutangira gusoreshwa

Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyatangaje ko cyagabye ibitero bishya ku bice (…)

Abanyamerika bavuye muri RDC bakumiriwe iwabo

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafashe icyemezo gikumira Abanyamerika bava muri Repubulika (…)

Marco Rubio yashinje urukiko mpuzamahanga mpanabyaha guhungabanya ubusugire bwa Amerika

Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga, Marco Rubio, (…)

Ibihugu by’u Burayi byatangije ihuriro rishya ryo guhangana n’ibisasu bya misile

Ibihugu icyenda byo ku Mugabane w’u Burayi byahuriye i Paris mu Bufaransa, byemeranya na Ukraine (…)

Abasirikare ba Amerika bahuye n’uruva gusenya nyuma y’uko basuzuguye amakuru y’ubutasi ku bitero bya Iran

Ubuhamya bw’abasirikare ba Amerika barokotse igitero cya Iran ku kigo cya gisirikare cya Port (…)

Urukiko rwo muri Koreya y’Epfo rwakatiye uwahoze ari Perezida Yoon igifungo cy’imyaka ibiri

Urukiko rwo muri Koreya y’Epfo rwakatiye ku wa Mbere uwahoze ari Perezida Yoon Suk Yeol igifungo (…)

U Rwanda rwihanganishije umuryango w’umunyapolitiki Lindsey Graham wari ukomeye muri America witabye Imana

Guverinoma y’u Rwanda yihanganishije umuryango n’inshuti za Lindsey Olin Graham, wari (…)

Thailand: Abantu nibura 27 bapfuye abandi 22 barakomereka cyane mu muriro wadutse mu kabari i Bangkok

Umuriro mwinshi cyane wadutse mu kabari ko mu murwa mukuru Bangkok wa Thailand ku cyumweru, wica (…)

Iran yarashe mu bihugu bitandatu, itangaza ko yafunze umuhora wa Hormuz

Iran cyagabye ibitero mu bihugu bitandatu byo mu Burasirazuba bwo Hagati, mu gihe intambara (…)

Perezida Ndayishimiye yahaye umugore we ’Audience’ kugirango baganire

Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriye mu biro bye umugore we, Angeline (…)

Senateri Lindsey Graham wavuganiye AFC/M23 kenshi, yapfuye

Senateri mu Nteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Lindsey Graham wo mu (…)

U Bwongereza: Ukekwaho kwica minisitiri yatawe muri yombi

Polisi yo mu Bwongereza yatangaje ko yataye muri yombi umugabo w’imyaka 28 ukekwaho kugira (…)