skol
fortebet

Mu mahanga

Trump yavuze ko azemerera Ukraine kwikorera ubwayo misile zayo zo kwirinda ibitero byo mu kirere

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yabwiye mugenzi we wa Ukraine, Volodymyr (…)

U Burusiya bwongeye kugaba ibitero ku murwa mukuru wa Ukraine

Uburusiya bwongeye kugaba ibitero bya misile na drones ku murwa mukuru wa Ukraine, Kyiv, mu (…)

Trump yasuzuguye inama ya Netanyahu, agurisha indege z’intambara kuri Turikiya

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yanze ubusabe bwa Minisitiri w’Intebe wa (…)

Ukraine yarashe amato atwara peterori y’Uburusiya yakoreraga mu bwihisho

Nk’uko byatangajwe n’Umugaba w’Ingabo za Ukraine zishinzwe gukoresha indege zitagira abapilote (…)

Amerika na Irani byubuye imirwano

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagabye ibitero kuri Irani mu rwego rwo kwihimura ku bitero Iran (…)

G7 ikomeje kugabanya inkunga yayo ku bihugu bikennye. Ingaruka n’inyungu kuri bihugu

Ibihugu bigize G7 birimo Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Bwongereza, u Budage, u Bufaransa, u (…)

U Bufaransa: Marine Le Pen yemerewe kwiyamamaza, ariko azambara igikomo cy’ikoranabuhanga

Urukiko rw’ubujurire rwa Paris mu Bufaransa rworohereje igihano umunyapolitiki Marine Le Pen (…)

Ibisasu byaturikiye hafi y’aho perezida Macron acumbitse mu ruzinduko rudasanzwe yagiriye muri Syria

Ibisasu bibiri bikomeye byaturikiye mu murwa mukuru wa Syria, Damas, nyuma y’amasaha make (…)

Biravugwa: Perezida Paul Biya wa Cameroon arimo kuraga

Hatangiye kwibazwa byinshi ku buzima bwa Perezida wa Cameroon, Paul Biya, nyuma y’uko hagaragaye (…)

U Bufaransa: Abajura bibye inzu ndangamurage ifite uburinzi bwihariye

Indi nzu ndangamurage yo mu Bufaransa yibwe n’abajura mu gihe yari iri ku rutonde rw’ibigo byari (…)

Umuyobozi w’ikirenga wa Iran yabujijwe kwitabira umuhango wo gushyingura Se

Umuyobozi w’ikirenga wa Iran, Ayatollah Mojtaba Khamenei, yabujijwe kwitabira imihango yo (…)

Trump yijeje Putin kumufasha kurangiza intambara yo Ukraine

Perezida wa Amerika Donald Trump yavuganye na Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin kuri telefone (…)

Perezida Museveni yeruye ko ashyigikiye Gen. Muhoozi uherutse gufunga ibitangazamakuru 2

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yavuze ko ashyigikiye uburyo inzego z’umutekano ziri (…)

Kenya: Bateguye imyigaragambyo yo kwihimura kuri Leta nyuma yo kwimwa indishyi

Kenya abakomerekeye mu myigaragambyo yo mu 2024 no mu 2025 batangaje ko bagiye kubura (…)

Ukraine yarashe ku bubiko bunini bw’ibikomoka kuri peteroli bw’i St Petersburg mu Burusiya

Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yavuze ko ububiko bunini bw’ibikomoka kuri peteroli bwo (…)