skol
fortebet

Mu mahanga

Ibyo imbwa yakoreye umwana w’imyaka 4 bakinaga byababaje benshi [AMAFOTO]

Umwana w’imyaka 4 witwa Tillie ukomoka mu Bwongereza, yahuye nuruva gusenya ubwo imbwa bakinaga (…)

Perezida Mnangagwa wa Zimbabwe yijeje abazungu ko ntawe uzabakorera ku masambu

Perezida Emmerson Mnangagwa wa Zimbabwe yasabye ko habaho ubumwe bw’amoko yose atuye iki gihugu (…)

Umusore yakatiwe urwo gupfa azira gusambanya umwana w’amezi 7 yibye ababyeyi be

Umusore w’imyaka 19 ukomoka mu Buhindi yakatiwe igihano cy’urupfu azira kwiba umwana w’amezi 7 (…)

Umugore wari wasinze yahuye n’uruva gusenya ubwo yashakaga kwifotozanya n’intare

Umugore witwa Olga Solomina w’imyaka 46 ukomoka mu Burusiya yahuye n’uruva gusenya ubwo (…)

Umugore n’umugabo bakubitiwe ku karubanda bazira gusambana batarashyingiranywe [AMAFOTO]

Umugore n’umugabo b’abayisilamu bakubiswe inkoni 30 ku karubanda imbere y’abantu ndetse bafatwa (…)

Umukecuru yahumye amaso kubera kwitera ikirungo cyataye ubuziranenge ashaka ubwiza

Umukecuru witwa Shirley Potter ukomoka ahitwa Adelaide muri Australia yahuye n’uruva gusenya (…)

Umugore yakubise umwana we w’imyaka 2 arapfa amuhoye kunyara ku buriri

Umugore witwa Katrina Shangreaux w’imyaka 30 ukomoka muri Dakota y’Amajyepfo muri USA,yakatiwe (…)

Umugore wo muri Kenya yatawe muri yombi ubwo yashakaga kwiba Banki yo muri Amerika

Umugore witwa Evelyn Misumi w’imyaka 36 yatawe muri yombi ku wa Gatatu w’iki Cyumweru ubwo (…)

Minisitiri w’intebe yasabye Papa kwirukana musenyeri

Minisitiri w’intebe wa Australia, Malcolm Turnbull, yasabye Papa Francis kwirukana musenyeri (…)

Inzoka y’ubumara yarumye umukobwa imusanze mu ishuli bimuviramo urupfu

Umwana w’umukobwa witwa Mamali Sahoo wigaga mu mashuli abanza ku kigo cyitwa Barigaon Upgraded (…)

Inzovu yishe umugore bituma abaturage bashyamirana na Leta yababujije kuyica

Abaturage bo mu Buhindi bariye karungu barashaka ko Leta ibareka bakica inzovu yishe umugore (…)

Umusaza w’imyaka 60 yatawe muri yombi kubera gusambanya umwana w’imyaka 10

Umugabo w’imyaka 60 ukomoka mu Buhindi mu mujyi witwa Bhubaneswar yatawe muri yombi kubera (…)

Umukozi yahawe imodoka nshya kubera kugenda ibirometero 32 n’amaguru

Iyi modoka yayihawe nyuma y’uko iyo yari asanzwe afite ipfuye mbere y’umunsi we wa mbere (…)

Babana bakuwe mu buvumo bashobora kuza kugirwa abayobozi

Abahungu 12 n’umutoza wabo w’umupira w’amaguru barokowe bakurwa mu buvumo bwibasiwe n’imyuzure (…)

Perezida Trump yisubiyeho ku magambo yavuze ku kwivanga mu matora k’Uburusiya

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Donald Trump yavuze ko yemera umwanzuro w’inzego (…)