skol
fortebet

Mu mahanga

Uganda: Umudepite wihagaritse kuri Minisiteri yarashwe n’ abagizi ba nabi

Umudepite w’Umugande witwa Ibrahim Abiriga wari uhagarariye Umujyi wa Arua mu nteko ishinga (…)

Autriche yafunze imisigiti inirukana aba Imam 60

Mu gihugu cya Autriche Guverinoma ku wa Gatanu, yirukanye abayobozi b’imisigiti ‘Imam’ bagera (…)

Umwana w’uruhinja wahambwe n’ababyeyi be bazi ko yapfuye yasanzwe ari muzima nyuma y’amasaha 8 ahambwe

Umwana w’uruhinja wahambwe n’ababyeyi be bazi ko yapfuye,yatabawe na polisi yaje kureba umurambo (…)

Umwana w’imyaka 8 yakubiswe ndetse ategekwa kurya umwanda na nyina kugeza apfuye

Umugore witwa Pearl Fernandez yakatiwe igifungo cya burundu kubera iyicarubozo yakoreye umwana (…)

Umujura yasanze umukecuru w’imyaka 90 mu buriri aramukubita amugira intere

Umukecuru w’imyaka 90 witwa Iris Warner ukomoka mu Bwongereza yahuye n’uruva gusenya ubwo (…)

Uko isi yiriwe tariki 7 Kamena 2018 [AMAFOTO]

Mu nshamake y’ uko Isi kuri uyu wa 7 Kamena 2018 harimo inkuru y’ umukecuru wababariwe na (…)

Perezida Nkurunziza yemeje itegeko nshinga rimwemerera kwiyamamaza avuga ko ataziyamamaza muri 2020

Perezida w’ u Burundi Pierre Nkurunziza mu gitondo cyo kuri uyu wa 7 Kamena 2018 yashyize (…)

Trump yafunguye wa mugore wari warakatiwe gufungwa burundu uherutse gusabirwa imbabazi na Kim Kardashian

Perezida wa USA Donald Trump yishimiwe n’Abanyamerika benshi kubera ko yarekuye umugore witwa (…)

Umugabo yatomboye 1,000,000 y’amayero bwa kabiri mu myaka 2

Umugabo wo mu magepfo ashyira uburasirazuba bw’Ubufaransa yatsindiye amafaranga menshi mu (…)

Umugabo w’imyaka 46 yateye icyuma nyina bapfuye icyayi

Umugabo witwa Thomas Westwood w’imyaka 46 ukomoka mu Bwongereza, yishe nyina amuhoye ko (…)

Reba amafoto y’ inyubako Kim na Trump bazahuriramo ku kirwa muri Singapore

Ibiganiro Isi yose yiteguye gutega amatwi bizahuza Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (…)

Ingona yishe umupasiteri wabatirizaga abayoboke be mu kiyaga

Umupasiteri w’Umwangilikani witwa Docho Eshete ukomoka muri Ethiopia yahuye n’uruva gusenya (…)

Umugabo yishe umuhungu we w’imyaka 9 amuhoye kwiba bombo

Umugabo witwa Graham Dillon ukomoka mu mujyi wa Canberra muri Australia yishe umwana we (…)

Byinshi ukwiriye kumenya kuri ba bakobwa b’impanga bavutse bafatanye bitabye Imana ku wa Gatandatu[AMAFOTO]

Benshi mu banya Tanzania barimo na perezida Magufuli bakomeje kugaragaza agahinda batewe (…)

Igifi kinini cyasanze umusore mu mazi kimuca igitsina n’ukuguru

Umusore witwa Jose Ernestor da Silva w’imyaka 18 ukomoka muri Brazil yahuye n’uruva gusenya ubwo (…)