Abakozi b’ Umuryango w’ ubumwe bw’ u Burayi biciwe muri Mali
Yanditswe: Monday 19, Jun 2017
Umuyobozi ushinzwe ububanyi n’ amahanga mu muryango w’ ubumwe bw’ ibihugu by’ I Burayi Federica Mogherini yavuze ko abakozi babiri b’ uyu muryango bari mu biciwe mu gitero cy’ abitwaje intwaro cyagabwe kuri hoteli yo mu gihugu cya Mali.
Madamu Mogherini yagize ati “ Kuri ibyo byago byabaye ndemeza ko hari abantu babiri dukora bapfuye, harimo umugore wo muri Umunya Mali n’ umugabo w’ Umunya Portugal”
Igisirikare cya Portugal nacyo cyemeje amakuru avuga ko muri iki gitero haguyemo umugabo w’ Umunya (...)
Umuyobozi ushinzwe ububanyi n’ amahanga mu muryango w’ ubumwe bw’ ibihugu by’ I Burayi Federica Mogherini yavuze ko abakozi babiri b’ uyu muryango bari mu biciwe mu gitero cy’ abitwaje intwaro cyagabwe kuri hoteli yo mu gihugu cya Mali.
Madamu Mogherini yagize ati “ Kuri ibyo byago byabaye ndemeza ko hari abantu babiri dukora bapfuye, harimo umugore wo muri Umunya Mali n’ umugabo w’ Umunya Portugal”
Igisirikare cya Portugal nacyo cyemeje amakuru avuga ko muri iki gitero haguyemo umugabo w’ Umunya Portugal.
Inzego z’ umutekano zo muri Mali zatangaje ko muri icyo gitero ziciyemo abarwanyi bane, zigafata bugwate abandi batanu.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *