skol

Akodo wahoze ari Minisitiri yitabye Imana

Yanditswe: Saturday 05, May 2018

Muzehe Akbar Adoko Nekyon wahoze ari Minisitiri w’ Ubuhinzi n’ amakoperative mu gihugu cya Uganda yitabye Imana ku myaka 86.
Umuryango we watangaje ko Muzehe Akodo Nekyon wabaye Minisitiri wa Mbere w’ itumanaho, isakazamajwi n’ amashusho n’ ubukerarugendo mu 1962 yapfuye tariki 4 Gicurasi 2018 aguye mu bitaro bya Nsambya.

Muzehe Akbar Adoko Nekyon wahoze ari Minisitiri w’ Ubuhinzi n’ amakoperative mu gihugu cya Uganda yitabye Imana ku myaka 86.

Umuryango we watangaje ko Muzehe Akodo Nekyon wabaye Minisitiri wa Mbere w’ itumanaho, isakazamajwi n’ amashusho n’ ubukerarugendo mu 1962 yapfuye tariki 4 Gicurasi 2018 aguye mu bitaro bya Nsambya.

Ibitekerezo

  • Abantu benshi bibaza uko bigenda iyo dupfuye.Bamwe bibabera urujijo,abandi bagahitamo kwihoza (se consoler),bakavuga ko upfuye aba "yitabye imana".Bakavuga ko mu mubiri dufite ikintu kidapfa kitwa ROHO.
    Roho idapfa,yahimbwe n’umugereki witwaga PLATON.
    Nta hantu na hamwe Bible yigisha ko umuntu upfuye aba yitabye imana.Dore uko Bible yigisha ku Rupfu.Upfuye ntabwo aba yumva (Umubwiriza 9:5).None se yakitaba imana gute kandi atumva?Urugero:Igihe Yakobo bamubwiraga ko umuhungu we witwaga YOZEFU yapfuye,ntabwo yavuze ko umwana we yitabye imana.Ahubwo yavuze ko azasanga umwana we mu gitaka (Itagiriro 37:35).ADAMU amaze gukora icyaha,imana yamubwiye ko azapfa,agasubira mu gitaka (Itangiriro 3:19).Ntabwo yamubwiye ko azitaba imana nkuko amadini yigisha.Bible yigisha ko upfuye yakoraga ibyo imana idusaba,azazuka ku munsi w’imperuka,agahembwa ubuzima bw’iteka muli paradizo (Yohana 6:40).Abantu bapfa biberaga mu byisi gusa,biba birangiye batazazuka kuko imana ibafata nk’abanzi bayo (Yakobo 4:4).Bible ivuga ko igihano cy’abanyabyaha ari urupfu rwa burundu.Niba koko iyo dupfuye tuba twitabye imana,UMUZUKO ntabwo wazabaho.Ikindi kandi,twajya dukoresha umunsi mukuru ko umuntu wacu yitabye imana.Kuki se turira aho kwishima?

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa