Perezida Donald Trump yavuze ko impande zihanganye mu ntambara iri guhuza Israel na Hamas zishobora kugera ku masezerano yo kuyirangiza mu gihe gito kiri imbere.
amasezerano yo kurangiza intambara."
Ibi Trump yabitangaje nyuma y’igihe gito Minisitiri w’Intebe, Benjamin Netanyahu, agejeje ijambo ku Nteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye, ijambo ryakiriwe nabi kuko abari mu cyumba cy’inama basakuje bakoma mu mashyi, abandi benshi bagasohoka.
Ibi ariko ntibyakomye Netanyahu mu nkokora kuko yakomeje gutambutsa ijambo rye, ndetse akavuga ko atazahagarika intambara adasenye Hamas.
Ati "Tuzagera ku ntego zacu zo gusenya Hamas burundu."
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *