skol
fortebet

Igifi cya shark cyakuruye urutoki umugore wakigaburiraga kimuta mu mazi

Yanditswe: Sunday 01, Jul 2018

Sponsored Ad

Umugore witwa Melissa Brunning yahuye n’uruva gusenya ubwo igifi cya shark cyamukururaga urutoki kikamuta mu mazi ubwo yarimo akigaburira.

Sponsored Ad

Mu mashusho yacaracaye hirya no hino yagaragaje uyu mugore arimo kugaburira iki gifi kirangije kimukurura urutoki agisanga mu Nyanja gusa nticyamwishe.

Uyu mugore w’imyaka 34 ukomoka muri Australia wari mu biruhuko,yagiye kugaburira iki gifi akoresheje ikiganza kirangije kimufata urutoki kimuta mu mazi.

Melissa yagize ati “Nakekaga ko shark yari imerewe nabi nkuko nari meze.Nari mfite ububabare budasanzwe ndetse numvaga nsa naho umubiri wavuyeho.Numvaga urutoki rusa n’urwavuyeho.

Uyu Melissa yarokotse iki gifi ndetse yakomeje ibiruhuko bye nyuma yo gukururwa urutoki n’iki gifi kinini cyamukuruye urutoki arimo kukigaburira.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa