skol
fortebet

Imyiyerekano y’Ingabo z’u Burusiya yasize benshi bakuye Ingofero (Amafoto)

Yanditswe: Saturday 07, Jan 2017

Sponsored Ad

Igihugu cy’Uburusiya ni kimwe mu bihugu bya mbere bikomeye ku isi kandi binatinyitse kuko ari kimwe mu bihugu bivuga rikijyana mu muryango wabibumbye (UN) aho kibarizwa mu bihugu bya mbere bikize G 8.
Nicyo gihugu cya kabiri gifite igisirikare gikomeye ku isi nyuma Leta zunze ubumwe za America.Ni igihugu gikunze kugaragara nk’igihangange kubera kugaragaza guhangana na Amerika,aho abayobozi bibi bihugu bakunze kugaragaza guhangana mu mbwirwa ruhame zabo.
Mu Murwa Mukuru wa Philippines, (...)

Sponsored Ad

Igihugu cy’Uburusiya ni kimwe mu bihugu bya mbere bikomeye ku isi kandi binatinyitse kuko ari kimwe mu bihugu bivuga rikijyana mu muryango wabibumbye (UN) aho kibarizwa mu bihugu bya mbere bikize G 8.

Nicyo gihugu cya kabiri gifite igisirikare gikomeye ku isi nyuma Leta zunze ubumwe za America.Ni igihugu gikunze kugaragara nk’igihangange kubera kugaragaza guhangana na Amerika,aho abayobozi bibi bihugu bakunze kugaragaza guhangana mu mbwirwa ruhame zabo.

Mu Murwa Mukuru wa Philippines, abasirikare b’u Burusiyaho beretse abaturage bo muri iki gihugu ubuhanga bwabo mu kazi bakora ka buri munsi.

Muri iyi myiyereko, abasirikare b’u Burusiya berekanye ubushobozi bwabo mu kurasa, mu kurwana badakoresheje intwaro ndetse berekana ko umubiri wabo ukomeye.

Mu bindi bakoze bikubitaga amacupa arimo inzoga ku mutwe wabo akameneka ndetse bagafata amatafari bakayagereka ku nda y’umwe muri bo bakagakubitaho inyundo ariko ntihagire icyo aba.

Amafoto agaragaza ubudahangarwa:









Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa