skol

Malaysia: Uwabaye Minisitiri w’Intebe yakatiwe gufungwa imyaka 15

Yanditswe: Friday 26, Dec 2025

featured-image

Urukiko rwo muri Malaysia rwahamije Najib Razak ibyaha birimo ibyo gukoresha nabi ububasha bwe no kunyereza umutungo w’igihugu.

Umucamanza yahanishije Najib Razak nyuma yo kumuhamya ibyaha bine birimo ibyo kunyereza amafaranga yo mu Kigo cyitwa 1Malysia Development Berhad.
Uyu mugabo w’imyaka 72 yahanishijwe igifungo cy’imyaka 15 kizakomerezaho, nyuma y’uko yagiye muri gereza kuva mu 2022.

Urukiko rwo muri Malaysia rwahamije Najib Razak ibyaha birimo ibyo gukoresha nabi ububasha bwe no kunyereza umutungo w’igihugu.

Umucamanza yahanishije Najib Razak nyuma yo kumuhamya ibyaha bine birimo ibyo kunyereza amafaranga yo mu Kigo cyitwa 1Malysia Development Berhad.

Uyu mugabo w’imyaka 72 yahanishijwe igifungo cy’imyaka 15 kizakomerezaho, nyuma y’uko yagiye muri gereza kuva mu 2022.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa