Mu mahanga
Netanyahu yavuze ko Iran izabangamira ikiremwamuntu cyose niramuka ibonye intwaro za nikleyeri
Yanditswe: Monday 02, Mar 2026
Minisitiri w’i ntebe wa Israel Benjamin Netanyahu yabwiye abanyamakuru ko ubutegetsi bwa Irani "bwashyira mu kaga abantu bose" mu gihe bushoboye kubona intwaro za nikleyeri n’uburyo bwo kuzitanga.
Ubwo yasuraga agache ka Beit Shemesh kagabweho igitero na Iran kucyumweru Netanyahu yagize ati: “Twatangiye kwikingira, ariko tubikora turinda abandi benshi.”
"Ndashaka gushimira byimazeyo inshuti yacu ikomeye n’umuyobozi ukomeye w’isi Donald Trump mu kwifatanya natwe muri iki gikorwa gikomeye cyo kurokora isi."

Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *