skol

Netanyahu yavuze ko Iran izabangamira ikiremwamuntu cyose niramuka ibonye intwaro za nikleyeri

Yanditswe: Monday 02, Mar 2026

featured-image

Minisitiri w’i ntebe wa Israel Benjamin Netanyahu yabwiye abanyamakuru ko ubutegetsi bwa Irani "bwashyira mu kaga abantu bose" mu gihe bushoboye kubona intwaro za nikleyeri n’uburyo bwo kuzitanga.

Ubwo yasuraga agache ka Beit Shemesh kagabweho igitero na Iran kucyumweru Netanyahu yagize ati: “Twatangiye kwikingira, ariko tubikora turinda abandi benshi.”

"Ndashaka gushimira byimazeyo inshuti yacu ikomeye n’umuyobozi ukomeye w’isi Donald Trump mu kwifatanya natwe muri iki gikorwa gikomeye cyo kurokora isi."

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa