Ku munsi w’ejo hiriwe hacicikana amakuru avuga ko M23 yarashe indege y’intambara ya Sukhoi ya FARDC gusa abantu bibaza impamvu yaba ku ruhande rwa M23 ndetse n’uruhande rwa FARDC nta n’umwe wigeze agira icyo atangaza. Umusesenguzi David Marshal arasobanura impamvu n’iyo M23 yaba yarashe iyi ndege bigoye cyane kuba yabyigamba.
KURIKIRA IKIGANIRO.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *