skol
fortebet

Trump byakekwaga ko arembye yagaragaye ari mutaraga

author-image

Yanditswe na: Angeline MUKANGENZI
Kuwa: Monday 06, Apr 2026

Trump byakekwaga ko arembye yagaragaye ari mutaraga

Sponsored Ad

skol

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye kugaragara mu ruhame, nyuma y’uko hari hamaze iminsi hari amakuru avuga ko arembye cyane.

TMZ yanditse ko ku Cyumweru, Donald Trump yagaragaye bwa mbere mu ruhame ubwo yerekezaga mu biro bya Perezida, White House, aho yari yiriwe ku kibuga cye cya golf kiri Virginia.

Ibi byaciye ibihuha byari bimaze iminsi bivuga ko Trump arembye.

Amakuru y’uburwayi bwa Trump yatangiye gukwirakwizwa ku mbuga mu mpera z’icyumweru gishize. Yavugaga ko arwariye mu bitaro bya Walter Reed Medical Center mu gace ka Bethesda.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Muri bande?



Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa