skol
fortebet

Umugabo n’umugore bimukiye muri Canada kubera Trump

Yanditswe: Thursday 08, Feb 2018

Sponsored Ad

Abanyamerika 2 Robin na Heather Vargas bashakanye batangaje ko nyuma yo kumva ko Donald Trump yatorewe kuyobora Leta Zunze Ubumwe z’Amerka bahise bava muri iki gihugu berekeza muri Canada kubera kutishimira ibyavuye mu matora.
Mu kiganiro uyu muryango wagiranye na BBC,watangaje ko babajwe no gutsinda kwa Donald Trump kubera imigabo n’imigambi yatangaje ubwo yiyamamarizaga kuyobora Leta Zunze ubumwe z’Amerika niko guhita bafata umwanzuro wo kwimuka muri Leta ya Carolina y’Amajyepfo bari (...)

Sponsored Ad

Abanyamerika 2 Robin na Heather Vargas bashakanye batangaje ko nyuma yo kumva ko Donald Trump yatorewe kuyobora Leta Zunze Ubumwe z’Amerka bahise bava muri iki gihugu berekeza muri Canada kubera kutishimira ibyavuye mu matora.

Mu kiganiro uyu muryango wagiranye na BBC,watangaje ko babajwe no gutsinda kwa Donald Trump kubera imigabo n’imigambi yatangaje ubwo yiyamamarizaga kuyobora Leta Zunze ubumwe z’Amerika niko guhita bafata umwanzuro wo kwimuka muri Leta ya Carolina y’Amajyepfo bari batuyemo berekeza muri Canada.

Donald Trump yatumye abanyamerika bamwe bahunga

Benshi mu banyamerika benshi bagiye bava muri Amerika kubera ubwoba bw’ibyo uyu muperezida yatangaje ubwo yiyamamarizaga kuyobora Leta Zunze ubumwe z’Amerika gusa aba nibo babashijenkubishyira ku mugaragaro.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa