Abanyamerika 2 Robin na Heather Vargas bashakanye batangaje ko nyuma yo kumva ko Donald Trump yatorewe kuyobora Leta Zunze Ubumwe z’Amerka bahise bava muri iki gihugu berekeza muri Canada kubera kutishimira ibyavuye mu matora.
Mu kiganiro uyu muryango wagiranye na BBC,watangaje ko babajwe no gutsinda kwa Donald Trump kubera imigabo n’imigambi yatangaje ubwo yiyamamarizaga kuyobora Leta Zunze ubumwe z’Amerika niko guhita bafata umwanzuro wo kwimuka muri Leta ya Carolina y’Amajyepfo bari (...)
Abanyamerika 2 Robin na Heather Vargas bashakanye batangaje ko nyuma yo kumva ko Donald Trump yatorewe kuyobora Leta Zunze Ubumwe z’Amerka bahise bava muri iki gihugu berekeza muri Canada kubera kutishimira ibyavuye mu matora.
Mu kiganiro uyu muryango wagiranye na BBC,watangaje ko babajwe no gutsinda kwa Donald Trump kubera imigabo n’imigambi yatangaje ubwo yiyamamarizaga kuyobora Leta Zunze ubumwe z’Amerika niko guhita bafata umwanzuro wo kwimuka muri Leta ya Carolina y’Amajyepfo bari batuyemo berekeza muri Canada.
Donald Trump yatumye abanyamerika bamwe bahunga
Benshi mu banyamerika benshi bagiye bava muri Amerika kubera ubwoba bw’ibyo uyu muperezida yatangaje ubwo yiyamamarizaga kuyobora Leta Zunze ubumwe z’Amerika gusa aba nibo babashijenkubishyira ku mugaragaro.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *