Umugabo yababaje benshi kubera kurera inyamaswa z’inkazi zikamwiyicira
Yanditswe: Friday 30, Mar 2018
Umugabo witwa Ronald Huff wahoze mu ngabo z’Ubwongereza yahuye n’uruva gusenya ubwo yareraga ibiserebanya binini (lizards) 7 byarangiza bikamwivugana ubwo yari mu rugo iwe.
Iki kinyamaswa kiri mu byishe shebuja
Uyu mugabo wapfuye afite imyaka 42 yareze izi nyamaswa nyuma yo kuva mu ngabo gusa ibi biserebanya binini byaje kumwivugana ari mu rugo polisi imara iminsi imushaka igeze iwe isanga byuzuyeho amaraso ye.
Umwe mu bapolisi bo mu mugi wa Newcastle uyu mugabo yari atuyemo,yavuze ko (…)
Umugabo witwa Ronald Huff wahoze mu ngabo z’Ubwongereza yahuye n’uruva gusenya ubwo yareraga ibiserebanya binini (lizards) 7 byarangiza bikamwivugana ubwo yari mu rugo iwe.
Iki kinyamaswa kiri mu byishe shebuja
Uyu mugabo wapfuye afite imyaka 42 yareze izi nyamaswa nyuma yo kuva mu ngabo gusa ibi biserebanya binini byaje kumwivugana ari mu rugo polisi imara iminsi imushaka igeze iwe isanga byuzuyeho amaraso ye.
Umwe mu bapolisi bo mu mugi wa Newcastle uyu mugabo yari atuyemo,yavuze ko babwiwe kujya gushakira mu rugo rw’uyu mugabo, bakomanze babura ukingura niko kwinjira ku ngufu, babona ibi binyamaswa biri kwiruka mu nzu bifite amaraso ku mitwe no ku majosi yabyo, bahita babona ko aribyo byamwivuganye.
Uyu musirikare yishwe n’inyamaswa yirereye
Umwe mu nshuti z’uyu mugabo wishwe n’ibi binyamaswa,yavuze ko yigeze kumwereka igikomere byanuteye aho yashimangiye koi bi binyamaswa atari bwo bwa mbere byari bigerageje kumwica.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *