Umugabo yakubise amakofe umwana w’imyaka 3 mu nda kugeza amwishe
Yanditswe: Friday 06, Apr 2018
Umugabo witwa Mark Jenkins w’imyaka 32 yakubise ingumi mu nda umwana w’umukobwa w’imyaka 3 w’umukunzi we amumena igifu byamuviriyemo urupfu.
Aka kana niko kicwe amakofe kakubiswe n’umugabo wakundanaga na mama wako
Uyu mugabo ukomoka mu mugi wa New York muri Amerika,yakubise ingumi uyu mwana muto witwa Bella Edwards amumena igifu bituma ajyanwa igitaraganya kwa muganga gusa yahise apfa byahise bishyira mu mazi abira uyu mugabo kuko yahise atabwa muri yombi.
Abapolisi bo muri USA (…)
Umugabo witwa Mark Jenkins w’imyaka 32 yakubise ingumi mu nda umwana w’umukobwa w’imyaka 3 w’umukunzi we amumena igifu byamuviriyemo urupfu.
Aka kana niko kicwe amakofe kakubiswe n’umugabo wakundanaga na mama wako
Uyu mugabo ukomoka mu mugi wa New York muri Amerika,yakubise ingumi uyu mwana muto witwa Bella Edwards amumena igifu bituma ajyanwa igitaraganya kwa muganga gusa yahise apfa byahise bishyira mu mazi abira uyu mugabo kuko yahise atabwa muri yombi.
Abapolisi bo muri USA batangaje ko uyu mwana yari afite ibikomere byinshi byatumye batangira gukeka ko yabanje gushaka kumufata ku ngufu.
Mu rukiko ababyeyi b’uyu mwana basakuzaga cyane basaba ko uyu mugabo yicwa agahabwa ibirura kubera ubugome bw’indengakamere yakoreye uyu mwana muto.
Ibitekerezo
IMAN,IMWAKIRE MU BWAMI BWAYO NAYO UWO MUGABO NIBAMUKANIRE URUMUKWIYE