Umugore witwa Tiona Rodriguez yafatanywe umurambo w’umwana we yari amaze kwica ubwo yari agiye guhaha mu isoko rya Victoria’s Secret muri USA.
Isoko rya Victoria’s Secret Tiona yafatiwemo
Uyu mugore w’imyaka 21 ufunzwe yabyariye mu bwugero ubwo yari afite imyaka 17,arangije yica uruhinja arushyira mu gikapu ajya guhaha afatirwa muri iri soko.
Ubwo uyu mugore yari ageze mu isoko,abarinzi baryo bumvise umunuko mu gikapu yari afite niko kukimwaka barebyemo basanga n’uruhinja yari amaze kwica (...)
Umugore witwa Tiona Rodriguez yafatanywe umurambo w’umwana we yari amaze kwica ubwo yari agiye guhaha mu isoko rya Victoria’s Secret muri USA.
Isoko rya Victoria’s Secret Tiona yafatiwemo
Uyu mugore w’imyaka 21 ufunzwe yabyariye mu bwugero ubwo yari afite imyaka 17,arangije yica uruhinja arushyira mu gikapu ajya guhaha afatirwa muri iri soko.
Ubwo uyu mugore yari ageze mu isoko,abarinzi baryo bumvise umunuko mu gikapu yari afite niko kukimwaka barebyemo basanga n’uruhinja yari amaze kwica bahita bahamagara inzego zishinzwe umutekano.
Ubwo ubushinjacyaha bwafatiraga telefoni ye basanzemo ubutumwa yari amaze koherereza umusore bari baziranye,yasabaga kumutegurira aho ari buze gushyingura uyu mwana barangiza bakajya kwirira imigati.
Nubwo uyu mukobwa yishe uyu mwana we afite imyaka 17,yabyaye umwana we wa mbere afite imyaka 14,ndetse yemereye urukiko ko uyu mwana yavutse ari muzima yarangiza akamwica.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *