Umutoza w’ikipe ya APR FC, Jimmy Mulisa ntiyumva impamvu umukinnyi wese ukina muri APR FC agomba kwishyiraho igitutu kandi APR FC ari ikipe itwara ibikombe
Uyu mutoza yavuze ko mu mupira...
Nshimiyimana Eric, umutoza w’ikipe ya AS Kigali atangaza ko abantu badakwiye gukomeza kwitiranya ibintu bavuga ngo Eric yatsinze Mulisa kandi ataribo bagiye mu kibuga ngo bakine, ahubwo ko ari AS...
Umucuruzi witwa Salim Nassor umwe mu bari bakomeye mu Mujyi wa Huye, yitabye Imana azize urupfu rutunguranye kuri uyu wa Gatandatu aho bivugwa ko yafashwe n’indwara itunguranye akajyanwa ku bitaro...
Uwatozaga Amavubi y’Abagore, Nyinawumntu Grace ku murongo w’abatoza na Uwamahirwe Chadhia (mu kibuga) uvuga ko bakoranga imibonano mpuzabitsina (n’ubwo babihuje)
Kuri uyu wa gatandatu,...
Umukinnyi wa Filime, Om Puri wamamaye muri Filime z’igihinde ukomoka mu gihugu cy’u Buhunde kizwiho kugira Filime nyinshi z’urukundo yitabye Imana mu rucyerera rwo kuwa Gatanu tariki ya 06 Mutarama...
Igihugu cy’Uburusiya ni kimwe mu bihugu bya mbere bikomeye ku isi kandi binatinyitse kuko ari kimwe mu bihugu bivuga rikijyana mu muryango wabibumbye (UN) aho kibarizwa mu bihugu bya mbere bikize...
Wari umukino w’umunsi wa 12 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda, APR FC yari yakiriye AS Kigali maze umukino urangira AS Kigali itsinze APR FC 1-0, APR ibura amahirwe yo kurara ku mwanya...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 07 Mutarama 2017, Nana Akufo-Addo yarahiriye kuba Perezida wa Ghana asimbuye John Dramani Mahama wari wariyamamaje ashaka manda ya kabiri ariko akaza gutsindwa....