Afurika y’Epfo: Perezida Jacob Zuma yasubitse ijambo nyuma yo kumwazwa
Yanditswe: Monday 01, May 2017
Perezida wa Afurika y’Epfo, Jacob Zuma, yasubitse ibikorwa byo kwizihiza umunsi w’abakozi nyuma yo kumwazwa n’abakozi bamusaba kwegura.
Ibi byakurikiye kandi imvurur hagati y’abashyigikiye Zuma n’abamurwanya, byateye guhagarika imbwirwaruhame zose.
Ishyirahamwe rikomeye ry’abakozi, COSATU, ryasabye Bwana Zuma kwegura mu kwezi gushize nyuma yo kwirukana minisitiri w’imari, wubashywe cyane mu gihugu.
Ariko Zuma yarahiye ko atazegura. Yavuze ko azaguma ku butegetsi kugeza igihe cye cyo gutegeka (...)
Perezida wa Afurika y’Epfo, Jacob Zuma, yasubitse ibikorwa byo kwizihiza umunsi w’abakozi nyuma yo kumwazwa n’abakozi bamusaba kwegura.
Ibi byakurikiye kandi imvurur hagati y’abashyigikiye Zuma n’abamurwanya, byateye guhagarika imbwirwaruhame zose.
Ishyirahamwe rikomeye ry’abakozi, COSATU, ryasabye Bwana Zuma kwegura mu kwezi gushize nyuma yo kwirukana minisitiri w’imari, wubashywe cyane mu gihugu.
Ariko Zuma yarahiye ko atazegura. Yavuze ko azaguma ku butegetsi kugeza igihe cye cyo gutegeka kiranyiye mu mwaka wa 2019.
Src: BBC
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *