skol
fortebet

Afurika y’Epfo: Perezida Jacob Zuma yasubitse ijambo nyuma yo kumwazwa

Sponsored Ad

skol

Perezida wa Afurika y’Epfo, Jacob Zuma, yasubitse ibikorwa byo kwizihiza umunsi w’abakozi nyuma yo kumwazwa n’abakozi bamusaba kwegura.
Ibi byakurikiye kandi imvurur hagati y’abashyigikiye Zuma n’abamurwanya, byateye guhagarika imbwirwaruhame zose.
Ishyirahamwe rikomeye ry’abakozi, COSATU, ryasabye Bwana Zuma kwegura mu kwezi gushize nyuma yo kwirukana minisitiri w’imari, wubashywe cyane mu gihugu.
Ariko Zuma yarahiye ko atazegura. Yavuze ko azaguma ku butegetsi kugeza igihe cye cyo (…)

Perezida wa Afurika y’Epfo, Jacob Zuma, yasubitse ibikorwa byo kwizihiza umunsi w’abakozi nyuma yo kumwazwa n’abakozi bamusaba kwegura.

Ibi byakurikiye kandi imvurur hagati y’abashyigikiye Zuma n’abamurwanya, byateye guhagarika imbwirwaruhame zose.

Ishyirahamwe rikomeye ry’abakozi, COSATU, ryasabye Bwana Zuma kwegura mu kwezi gushize nyuma yo kwirukana minisitiri w’imari, wubashywe cyane mu gihugu.

Ariko Zuma yarahiye ko atazegura. Yavuze ko azaguma ku butegetsi kugeza igihe cye cyo gutegeka kiranyiye mu mwaka wa 2019.

Src: BBC

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Muri bande?



Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa