skol
fortebet

Biragoye ko RDC yatekana bisesuye igifite impunzi hanze zimaze imyaka irenga 20 “Mugabe Robert”

Yanditswe: Thursday 26, May 2022

featured-image

Sponsored Ad

Imyaka isaga 20 irashize DRC iri mu ntambara z’urudaca ziterwa n’imitwe yitwaje intwara yashinze imizi mu majyaruguru ashyira uburasirazuba bwa Congo,aho yica ,igasahura ibyo abaturage baba bejeje no kubica bya hato na hato bidasigaye.

Sponsored Ad

Imyaka isaga 20 irashize DRC iri mu ntambara z’urudaca ziterwa n’imitwe yitwaje intwara yashinze imizi mu majyaruguru ashyira uburasirazuba bwa Congo,aho yica ,igasahura ibyo abaturage baba bejeje no kubica bya hato na hato bidasigaye.

Uko ubutegetsi bwagiye busimburana muri iki gihugu,ni ukuvuga kuva kuri Kabira wasimbuye Mobutu kugera kuri tshisekedi uriho ubu, nta n’umwe urabasha kugarurira amahoro abaturage be ngo abarindi ibikorwa bibahungabanyiriza umutekano mu binyacumi by’imyaka ishize.

Umunyamakuru Robert Mugabe avuga ko bizagurana kugirangoikibazo cy’umutekano gikemuke burundu muri iki gihugu,akurikije uburyo abategetsi ba Congo bitwara nk’abacancuro aho kuyobora igihugu nka benecyo.

Yagize ati”urabona Congo ,nta rwego na rumwe ifite ruhamye , ikindi kuba barafashe imitwe yitwaje intwaro bakayivanga n’igisirikare cya let anta mwitozo,nta guhuza, nta ntego, ibyo ubwabyo n’akavuyo no kutagaragaza intumbero.ikindi abantu bubatse gutyo nta rugamba narumwe batsinda.”

Akomeza avuga ko inzira rukumbi isigaye ari ukwemera ibiganiro kandi bagacyura impunzi zabo ziri hanze, bityo ko nta mahoro babona bagifite impunzi mu bindi bihugu.

Loni yakomeje gushinja u Rwanda gutera inkunga umutweM23, u Rwanda na rwo rukabihakaba rwivuye inyuma ko ari ibihuha, ubu bimaze gushyirwa ahagaragara na bamwe mu bakuru b’ingabo za Congo, ko imitwe yitwaje intwaro irwanya Leta ya Kinshasa ikorera mu Burasiraziba, ikura intwaro imbere mu gihugu, aho zahishwe bakiri muri CNDP.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa