skol
fortebet

Imvururu mu gushyingura Mwai Kibaki wabaye Perezida wa Kenya

Yanditswe: Friday 29, Apr 2022

featured-image

Sponsored Ad

Umugabo yarogoye imihango yo gusezera bwanyuma uwahoze ari perezida wa Kenya Mwai Kibaki uherutse kwitaba Imana.

Sponsored Ad

Umugabo yarogoye imihango yo gusezera bwanyuma uwahoze ari perezida wa Kenya Mwai Kibaki uherutse kwitaba Imana.

Ni umuhango wabereye mu murwa mukuru I Nairobi kuri uyu wa 29 mata 2022

Allan Makana, wahagaritse umuhango by’akanya gato avuga ko ari umwuzukuru wa Kibaki .gusa yahise atabwa muriyombi kugirango imihango ikomeze mu mutuzo.

Makana yuriye kuri aritari aho Arikiyepisikopi wa Nyere, Anthony Muheria yakoreraga imihango yanyuma yo gusezera mu isengesho Kibaki, aramuhobera maze abashinzwe umutekano bahita baza baramufata.

Arikiyepisikopi Muheria yavuze ko Makana yari umuhungu wa Kenya wakozwe ku mutima no kubura uwahoze ari perezida wari mu kiruhuko cy’izabukuru, maze asaba abashinzwe umutekano kumworohera.

Makana yumvikanye mu cyumweru gishize yifashe videwo yazengurutse cyane yiyita umwuzukuru wa Kibaki witabye Imana

Kibaki yasezeweho bwanyuama kuri uyu wa gatanu muri Nyayo National Stadium iri mu murwa mukuru wa Nairobi.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa