skol
fortebet

Macron mu ihurizo ryo kubona Minisitiri w’Intebe uhamye

author-image

Yanditswe na: Brenda MIZERO
Kuwa: Wednesday 08, Oct 2025

Macron mu ihurizo ryo kubona Minisitiri w'Intebe uhamye

Sponsored Ad

skol

Nyuma yo kwegura kwa Lecornu waburaga igihe gito ngo yuzuze ukwezi ari Minisitiri w’Intebe, Perezida Emmanuel Macron ari mu ihurizo ryo kureba uwamusimbura bikaramba.

Abanyamakuru bavuga ko afite amahitamo atatu: gusenya Ishyaka rye, kwihuza n’abandi cyangwa kwegura.

Hari umunyapolitiki witwa Aurélien Devernoix wabwiye RFI ko ikintu gikenewe ubu ari ukwegura kwa Perezida Macron.

Abafaransa bategereje kumva icyo Perezida wabo azabatangariza.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Muri bande?



Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa