skol
fortebet

Nijeriya: Bari gufunga ufashwe arya mu masaha yo kwiyiriza (Ramadan)

Yanditswe: Friday 24, Mar 2023

featured-image

Sponsored Ad

Igipolisi cya kisilamu mu majyaruguru ya Nijeriya muri leta ya Kano cyaburiye abayisilamu bari gukandangira amahame y’idini mu kwezi gutagatifu kwa Ramadhan, harimo "kurya mu ruhame".

Sponsored Ad

Igipolisi cya kisilamu mu majyaruguru ya Nijeriya muri leta ya Kano cyaburiye abayisilamu bari gukandangira amahame y’idini mu kwezi gutagatifu kwa Ramadhan, harimo "kurya mu ruhame".

Ubutumwa urwego rw’igipolisi cya Islama ruzwi nka Hisbah Board,rwaburiye abari kwishora mu ngeso mbi n’abandi baturage muri uku kwezi gutagatifu ko bazahanwa.

Mu magambo ye, umuyobozi mukuru w’inama y’ubutegetsi bw’urwo rwego, Harun Ibin-Sina, yagize ati: "Bamwe mu rubyiruko barya mu ruhame mu gihe cyo kwiyiriza ubusa nabo ntibazihangnirwa."

Bwana Ibin-Sina yavuze ko urwego rw’igipolisi cy’Idini cyohereje abapolisi ku misigiti yose muri Nijeriya kugira ngo bacunge umutekano mu gihe cyo kwiyiriza ubusa cyatangiye kuri uyu wa kane.

Ubuyobozi bwa Hisbah bukomeza amategeko ya kisilamu muri Kano, nk’umugi mu nini wiganjemo abayisilamu mu gihugu.

BBC

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa