skol

Perezida Salva Kiir yashyizeho Umugaba Mukuru w’Ingabo mushya

Yanditswe: Friday 11, Jul 2025

featured-image

Perezida Salva Kiir wa Sudani y’Epfo ashyizeho Umugaba Mukuru w’Ingabo mushya, amusaba impinduka z’ingenzi.

Perezida wa Sudani y’Epfo, Salva Kiir Mayardit, yashyizeho Jenerali Dau Aturjong Nyuol nk’Umugaba Mukuru w’Ingabo za Sudani y’Epfo (SSPDF), amusaba gukora impinduka zikomeye zigamije kuvugurura no guhindura izo ngabo kugira ngo zibe iz’igihugu, z’umwuga, zigezweho kandi zishoboye kugaragaza inshingano zazo ku rwego rwo hejuru.

Jenerali Nyuol asimbuye Paul Nang Majok, uherutse gukurwa kuri uwo mwanya muri Nyakanga, Nyuma y’uko Perezida ashidikanyije imikorereye n’ubwo bitavuzweho rumwe.Majok yari amaze amezi arindwi gusa ayobora izo ngabo.

Izi mpinduka zitezweho gufasha guhindura imikorere y’ingabo za Sudani y’Epfo, hanakosorwa ibibazo bimaze igihe bivugwa muri urwo rwego rw’umutekano.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa