skol

Rusesabagina yemeye ko agiye kubaho acecetse ngo ababarirwe! Nk’uko na Pasteur Bizimungu byagenze

Yanditswe: Monday 27, Mar 2023

featured-image

Buriya mu biganiro byabayeho hagati ya Leta n’abashakaga Rusesabagina, ushobora gusanga indege yamuzanye yishyuwe.

Buriya mu biganiro byabayeho hagati ya Leta n’abashakaga Rusesabagina, ushobora gusanga indege yamuzanye yishyuwe.

Ushobora no gusanga indishyi z’akababaro kuri bariya baturage ba Nyabimata nazo zishyuwe.

Ikindi ngo kuba rusesabagina yakwandika asaba imbabazi akemera ko atazongera gukora politiki ntibivuze ko ayihunze burundu.

Burya no gueceka nabwo n’uburyo bwo gukora Politiki. Ninabyo byabaye kuri Bizimungu wahoze ari Perezida mu Rwanda.
Tubane mu kiganiro

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa