skol
fortebet

Trump atangaje intsinzi mu ijambo ahaye abakunzi be buzuye umunezero ibarura ry’amajwi rigikomeza

Yanditswe: Wednesday 06, Nov 2024

featured-image

Sponsored Ad

Nubwo ibarura ry’amajwi muri Amerika ritararangira, Trump yatangaje ko yatsinze amatora ndetse Prezida w’ubufaransa yabaye uwa mbere mu kumwifuriza Ishya n’ihirwe!

Sponsored Ad

N’ibisanzwe ko Trump akora ibitandukanye n’ibyabandi kandi kuva yatangira kwiyamamariza kuyobora America yigaragazaga nk’uzatsindi ndetse yerekana ko adatewe ubwoba na buke n’uwo bahanganye Harris.

Ntawe uzi icyo bivuze gutangaza instinzi mbere y’igihe, ariko ahanini ibyo aba bategetsi bo kurwego rwo hejuru bakora bakunda kuba babifiteho amakuru kubyo bitatungurana Trump abaye Perezida nk’uko yamaze kubyitangariza. ati"Tugiye gufasha igihugu cyacu gukira"

Dore nk’ubu ,Amajwi yatangiye kubarurwa nyuma y’amatora y’Umukuru w’Igihugu yabaye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku wa Kabiri tariki ya 5 Ugushyingo, arerekana ko Donald Trump wo mu ishyaka ry’aba-Republicain ari imbere ya mukeba we, Kamala Harris wo ku ruhande rw’aba-Democrates.


Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa