skol
fortebet

U Rwanda rwanze kwivanga mu matora yo kugena ahazaza h’intambara ya Isiraheli na Gaza

author-image

Yanditswe na: Dusingizimana Remy
Kuwa: Saturday 28, Oct 2023

U Rwanda rwanze kwivanga mu matora yo kugena ahazaza h'intambara ya Isiraheli na Gaza

Sponsored Ad

skol

Mu ijoro ryakeye, Umuryango w’abibumbye,ONU,waraye utoye ingingo (résolution) isaba ko habaho guhagarika intambara mu karere ka Gaza ( Trêve humanitaire).

Ibihugu 120 byatoye Yego ,mu gihe ibihugu 14 harimo na Leta zunze ubumwe za Amerika na Israël hamwe n’utundi duhugu duto duto nka Fiji batora #OYA.

Ibihugu 45 byahisemo kutagira aho bibogamira. Ni mu gihe ibihugu birimo u Burundi n’u Rwanda bitageze ahabereye amatora.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Muri bande?



Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa