skol
fortebet

Ububirigi buratanga ku mugaragaro ibisigazwa bya Lumumba

Yanditswe: Monday 20, Jun 2022

featured-image

Sponsored Ad

Kuri uyu wa mbere, nibwo biteganijwe ko umuryango w’uwahoze ari minisiteri w’intebe muri Congo, Patrice-Emery Lumumba uhabwa ibisiga by’umubiri we ku mugaragaro mu mugi wa Bruxelles.

Sponsored Ad

Kuri uyu wa mbere, nibwo biteganijwe ko umuryango w’uwahoze ari minisiteri w’intebe muri Congo, Patrice-Emery Lumumba uhabwa ibisiga by’umubiri we ku mugaragaro mu mugi wa Bruxelles.

N’ibirori biteganijwe ko byitabirwa n’umuyobozi w’ubutegetsi bwa Congo Jean-Michel Sama Lukonde.

Ibi bisigazwa bigizwe n’iryinnyo ry’uyu wahoze ari minisiteri w’intebe wa Congo Kinshasa wiciwe mu maso y’abanya berijike bakoronezaga Congo.

Umuryango wa Patrice Lumumba urakirwa mu biro by’umwami w’ububirigi na nyiri ubwite , umwami Philippe.

Nyuma yo guhabwa ibyo bisigazwa bizahita byerekezwa mu mugi wa Lumumb witwa Lumumbaville Onalua uherereye mu ntara ya Sankuru.

Ambasaderi wa Congo mu bubirigi , Christian Ndongala,yavuze ko kugarura ibice by’umubiri bya Patrice-Emery Lumumba ari ikimenyetso kiza kigiye kubagarurira umwuka mwiza no kongera kwiyunga n’amateka y’abakurambere bategura ejo hazaza heza h’igihugu.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa