skol
fortebet

Umwami Filipo arasura umugi wa Bukavu n’ubwo imirwano ikomeje muri Kivu y’uburasirazuba

Yanditswe: Wednesday 08, Jun 2022

featured-image

Sponsored Ad

Ibiro by’umukuru w’igihugu muri Repuburika ya Demokarasi ya Congo byatangaje ko mu gihe cy’iminsi itaru Umwami Filipo w’Ububiligi uri mu ruzinduko muri iki gihugu asura umugi wa Bukvu.

Sponsored Ad

Ibiro by’umukuru w’igihugu muri Repuburika ya Demokarasi ya Congo byatangaje ko mu gihe cy’iminsi itaru Umwami Filipo w’Ububiligi uri mu ruzinduko muri iki gihugu asura umugi wa Bukvu.

Ikimuraje ishinga ngo n’ukubonana na Dr Denis Mukwegeutuye i Bukavu, uyu wahawe igihembo cy’amahoro cyitiriwe Nobel

Umwami Filipokandi aranagenera umudari w’ishimwe ry’ikirenga caporal Albert Kunyunku sekombata wanyuma wa Congo ukiriho warwanye intambara ya kabiri y’isi.

Azajya kandi mu majyepfo aho azatanga ikiganiro ku banyeshuri bo muri kaminuza ya Lubumbashi.

Ubutegetsi bwa kongo bwashimangiye ko uruzinduko rw’iki gikomerezwa kiyoboye ubwami bw’Ububirigi bwakoronije igihe kirekire Congo rutazakomwa mu nkokora n’imirwano ikomeje mu burasirazuba hagati y’igisirikare n’umutwe wa M23 no muri Kivu ya ruguru.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa