Wole Soyinka yemeje ko yaciye Green Card ye nyuma y’uko Trump amaze gutorwa
Yanditswe: Thursday 01, Dec 2016
Wole Soyinka umwanditsi w’Umunyafurika wigeze no guhabwa igihembo cyitiriwe Nobel yameje ko yaciye ikarita imuha uburenganziraa bwo kuba muri Amerika nk’umunyamerika nyuma y’uko Donald Trump atsinze amatora ya Perezida ,
Wole Soyinka akomeza avuga ko ubyo kuba umunyamerika yabikuyeho amaso nyuma y’uko Trump atsindiye kuyobora Amerika avuga ko adashyigikiye ibitekerezo bye ndetse akaba yaratangarije Ibiro Nataramakuru by’Abafaransa (AFP) ko ibyo yavuze yabishyize mu bikorwa . (…)
Wole Soyinka umwanditsi w’Umunyafurika wigeze no guhabwa igihembo cyitiriwe Nobel yameje ko yaciye ikarita imuha uburenganziraa bwo kuba muri Amerika nk’umunyamerika nyuma y’uko Donald Trump atsinze amatora ya Perezida ,
Wole Soyinka akomeza avuga ko ubyo kuba umunyamerika yabikuyeho amaso nyuma y’uko Trump atsindiye kuyobora Amerika avuga ko adashyigikiye ibitekerezo bye ndetse akaba yaratangarije Ibiro Nataramakuru by’Abafaransa (AFP) ko ibyo yavuze yabishyize mu bikorwa .
Uyu mwanditsi akaba ashimangira ko yanahise asubira mu gihugu cye cy’amavuko cya Nigeria .
Uretse Wole Soyinka , abahanga benshi bakaba baratangaje ko Trump natsinfira kuyobora Leta Zunze ubumwe za Amerika bazahita bava muri iki gihugu.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *