skol

Politiki

Afurika y’Epfo yatangiye gufunga abigaragambiriza ubutegetsi

Byibura abantu bakabakaba 87 nibo igipolisi cya Africa y’Epfo kimaze gutangaza ko cyateye muri (…)

Ibyo kwitega mu biganiro Perezida w’Ubushinwa aragirana n’uw’Uburusiya arasura

Perezida w’Ubushinwa Xi Jinping agiye kugirira uruzinduko rwe rwa mbere mu Burusiya kuva iki (…)

RDC: Kinshasa itegereje SADC ngo iyifashe guhangana n’u Rwanda mu burasirazuba bwa Congo

Ibitangazamakuru bitandukanye muri Repuburika ya Demokarasi ya Congo kuri uyu wambere tariki ya (…)

UK na Rwanda bemeye ko nta mwimukira uzasubizwa inyuma,bose bazazanwa mu Rwanda

Ubwongereza bwaraye bushyize umukono ku masezerano n’u Rwanda azatuma umuntu wese winjiye mu (…)

Perezida Putin yagiye gukorera ibirori muri Crimea yambuye Ukraine

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin yageze mu Ntara ya Crimea aho yari agiye kwizihiza imyaka (…)

Ukraine yiyemeje kuzahangana n’ibihugu byose bitayishyigiye mu ntambara n’Uburusiya

Ibihugu “byfashe nabi Ukraine” bizabyishyura intambara nirangira, nk’uko bivugwa na minisitiri (…)

RDC: Abo mu nteko ishinga amategeko barakaye basabye ikintu gikomeye Perezida Tshisekedi na FARDC

Abasenateri n’abadepite bo muri RDC basabye bakomeje ko FARDC na Guverinoma ya RDC bakwiye (…)

Perezida Museveni yibasiye abatinganyi abaza ikibazo gikomeye ibihugu bibashyigikiye

Kuri uyu wa kane,tariki ya 16 Werurwe 2023, Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yavuze ko (…)

Perezida Museveni yategetse ko abaminisitiri bashinjwa kwiba amabati y’abatishoboye bafungwa

Abadepite benshi bavuye mu nama idasanzwe y’inteko ishinga amategeko batengushye nyuma y’ijambo (…)

Gen Muhoozi: Kuvuga ko aziyamamariza gusimbura se akabisiba inshuro ebyiri, bivuze iki?

Kuwa kane, ku nshuro ya kabiri muri uku kwezi, Jenerali Muhoozi Kainerugaba yasibye ubutumwa (…)

Museveni yiyamye Uburayi bushaka kubigisha imico yo kuryamana n’abo bahuje ibitsina

Mw’ijambo ridasanzwe Museveni yagejeje kubari bitabiriye inteko ishingamategeko muri Uganda (…)

Gen Muhoozi yavuze ko abasaza badakwiriye kuyobora Uganda kandi se ariwe

Kubera imyuzure yibasiye Uganda,Gen Muhooza Kainerugaba yasabye ko abakiri bato bahabwa umwanya (…)

RDC yasubije abayisabye gufunga imipaka yayo n’u Rwanda kubera M23

Patrick Muyaya Minisitiri w’itangazamakuru n’itumanaho akaba n’umuvugizi wa Guverinoma ya DRC, (…)

Ubushinwa: Xi Jinping yatangiye kuyobora manda ya gatatu

Umutegetsi Xi Jinping uyobora Ubushinwa yongeye gutorerwa manda ya gatatu nka Perezida w’iki gihugu.

Perezida Samia yakoze amateka yitabira umunsi mukuru w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwe

Ku nshuro ya mbere mu mateka ya Tanzania, umukuru w’igihugu yaraye yitabiriye ibirori byo (…)