skol

Politiki

Yafunzwe imyaka 8, yiyamamariza kuyobora Kenya ntibyamuhira! Ibyaranze ubuzima bwa Raila Odinga watabarutse

Umwe mu banyapolitiki bakomeye kandi bubashywe muri Kenya, Raila Amolo Odinga, yitabye Imana (…)

Minisitiri w’Intebe mushya w’u Bufaransa yashyizeho guverinoma nshya

Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa, Sébastien Lecornu, wari uherutse kwegura Perezida Macron (…)

Macron mu ihurizo ryo kubona Minisitiri w’Intebe uhamye

Nyuma yo kwegura kwa Lecornu waburaga igihe gito ngo yuzuze ukwezi ari Minisitiri w’Intebe, (…)

Afurika y’Epfo: Umudepite yahamijwe ibyaha brimo gukoresha imbunda mu buryo bunyuranyije n’amategeko

Umuyobozi n’Umudepite washinze ishyaka rya Economic Freedom Fighters (EFF) muri Afurika y’Epfo, (…)

Nyuma y’imyaka 7, Guverinoma ya Amerika yongeye guhagarika imirimo yayo

Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yabaye ihagaritse ibikorwa bimwe na bimwe kubera (…)

Arthur Peter Mutharika yatorewe kongera kuyobora Malawi

Mu matora y’Umukuru w’Igihugu wa Malawi yabaye ku ya 16 Nzeri 2025, Arthur Peter Mutharika (…)

Perezida Trump yavuze ko Charlie Kirk azahora yibukwa nk’intwari y’Amerika

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashimagije umurwanashyaka Charlie Kirk, (…)

Perezida Macron agiye guhamiriza urukiko ko umugore we atari umugabo

Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron n’umugore we Brigitte Macron baritegura kugaragaza (…)

Perezida Kagame na Emir wa Qatar baganiriye ku mahoro n’umubano w’ibihugu byombi

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 12 Nzeri 2025, Lusail Palace mu Murwa Mukuru wa (…)

Doha: AFC/M23 na Leta ya RDC biracyaganira ku iyubahirizwa ry’amahame

Intumwa z’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’iz’ihuriro AFC/M23 (…)

Ubushinwa Xi burahamagarira abayobozi bo mu karere kurwanya ’imitekerereze y’ubutita’ mu nama

Umuyobozi w’Ubushinwa yemeye inkunga ingana na miliyoni 280 z’amadolari y’abanyamuryango (…)

Perezida Kagame i Dakar mu nama yiga ku biribwa muri Afurika

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, kuri iki Cyumweru, yageze i Dakar muri Senegal (…)

Kenya: Boniface Mwangi yatangaje ko aziyamamariza kuba Perezida

Boniface Mwangi utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kenya akaba n’impirimbanyi y’uburenganzira bwa (…)

Zelenskyy yongeye gutera utwatsi ibyo guharira u Burusiya ubutaka

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yashimangiye ko Abanya-Ukraine bazakomeza kurwanira (…)

U Bubiligi bwiyemeje guheka RDC kugeza ijwi ryayo ryumvikanye i Burayi

Guverinoma y’u Bubiligi yiyemeje guheka iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kugeza ijwi (…)