skol

Politiki

M23 yateye utwatsi Reta ya Congo ibita ibyihebe

Perezida w’umutwe witwaje intwaro wa M23, Bertrand Bisimwa, yatangaje ko abarwanyi bawo atari (…)

U Buyapani: Ama-robot akoresha ‘AI’ ashobora kwigarurira umwuga w’ubuforomo

Mu minsi ishize i Tokyo mu Buyapani, imashini muntu [robot] ikoresha ikoranabuhanga ry’ubwenge (…)

Ubwongereza mu mugambi wo kohereza ingabo muri Ukraine

Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Keir Starmer, yashimangiye ko agitekereza kohereza ingabo (…)

Ubwongereza: Minisitiri w’ Iterambere Mpuzamahanga Anneliese Dodds Yeguye

Minisitiri ushinzwe iterambere mpuzamahanga w’Ubwongereza, Anneliese Dodds, yeguye ku mirimo ye (…)

Perezida Trump na Zelenskyy wa Ukraine bateranye amagambo rubura gica

Perezida Donald Trump yahuye na Perezida wa Ukraine amusaba kwemera ibiganiro n’Uburusiya kugira (…)

Afurika y’Epfo mu ihurizo ryo gutakaza inkunga

Kuri uyu wa Kane, itariki 27 Gashyantare 2025, Umuyobozi wa Fondasiyo ya Sida ya Desmond Tutu, (…)

Imibare y’abiciwe mu gitero cyagabwe i Bukavu ikomeje kwiyongera

Umutwe witwaje intwaro wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (…)

U Burundi bwahakanye kuba inyuma y’igitero cyagabwe i Bukavu

Igisirikare cy’u Burundi cyahakanye ku kuba ari cyo cyagabye igitero ahaberaga inama ya AFC/M23 (…)

U Bwongereza bwasabwe ibisobanuro kuri Minisitiri wabwo wahuje Nduhungirehe n’ubwicanyi bwa ADF

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe yagaragaje ko (…)

DR Congo: Tshisekedi yategetse Guverineri wa Kivu y’Epfo gukomeza agategekera i Uvira

Guverineri w’intara ya Kivu y’Epfo ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yatangaje ko akorera i (…)

Gen Muhoozi ashinja umugore wa Kizza Besigye gushaka gusenya urugo rwa Perezida Museveni

Gen Muhoozi Kainerugaba, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda akaba n’umuhungu wa Perezida Yoweri (…)

3 bahoze ari abayobozi bakomeye bagizwe abahuza mu biganiro bya Luanda na Nairobi

Uhuru Kenyatta wahoze ari Perezida wa Kenya, Olusegun Obasanjo wahoze ari uwa Nigeria na (…)

Abasirikare ba SADC ’bakomerekeye’ muri DR Congo baciye mu Rwanda basubira iwabo

Abasirikare hafi 200 bakeneye ubuvuzi barimo aba Afurika y’Epfo, Malawi na Tanzania bari muri DR (…)

Zelensky yiteguye guhara ubuyobozi mu gihe Ukraine yakwinjira muri OTAN

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yatangaje ko yakwemera kuva ku buyobozi ariko Ukraine (…)

’Igihugu kiri hafi guturika kubera intambara’ – Kabila yavuze nyuma y’imyaka itanu ’acecetse’

Nyuma y’imyaka igera kuri itanu ubwe atagaragara cyane muri politike n’itangazamakuru, Joseph (…)