skol

Politiki

Ndayishimiye yongeye kwibasira u Rwanda

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yongeye kwibasira u Rwanda, arushinja kuba ari rwo (…)

M23 Ntiyitabiriye Ibiganiro Na Kinshasa

Umutwe AFC/ M23 wanzuye kutitabira ibiganiro byo muri Angola byari buwuhuze na Guverinoma ya DRC.

AFC/M23 yagennye abazayihagararira mu biganiro by’i Luanda

Umuvugizi wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, yatangaje ko kuri uyu wa Mbere tariki 17 Werurwe 2025 (…)

RD Congo yarahiye ko itazakubita ibipfukamiro hasi imbere ya M23 bagiye kuganira

Perezida wa Sena ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Jean-Michel Sama Lukonde, yashimangiye ko (…)

Tina Salama yavuze ko DRC izitabira ibiganiro bya Luanda

Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) izagira uruhare mu biganiro bya Luanda n’inyeshyamba za (…)

Kanyuka yamaganye HRW yamuhinduriye imvugo igamije ibinyoma bya RDC

Umuvugizi wa AFC/M23 Lawrence Kanyuka yamaganye ubuyobozi bw’umuryango uharanira uburenganzira (…)

Umutegetsi wo mu Burusiya avuga ko amasezerano y’amahoro agomba kwangira Ukraine kwinjira muri OTAN

Minisitiri wungirije w’ububanyi n’amahanga w’Uburusiya yavuze ko iki gihugu kizashaka ko (…)

Amerika na Israel mu mugambi wo kwimurira abanya-Palestine muri Afurika

Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel, bigeze kure umugambi wo kwimura Abanya-Palestine bo muri (…)

Putin yasobanuye ibisabwa kugira ngo habeho agahenge muri Ukraine

Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya yavuze ko yemeranya n’igitekerezo cy’agahenge muri Ukraine (…)

RDC ntiremeza niba izitabira ibiganiro byayo na M23

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwatangaje ko butaremeza niba buzitabira (…)

Amaso ahanzwe u Burusiya mu kurangiza intambara na Ukraine

Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) zatangaje ko kugeza ubu umupira uri mu biganza by’u Burusiya (…)

Abanyagatolika bizihije isabukuru y’imyaka 12 Francis amaze ari Papa bamusabira ngo akire

Abanyagatolika barimo kwizihiza isabukuru y’imyaka 12 Papa Francis amaze atowe nk’umushumba wa (…)

Inama idasanzwe y’abakuru b’ibihugu bigize SADC iraterana ku kibazo cya DR Congo

Inama idasanzwe y’abakuru b’ibihugu bigize umuryango w’iterambere ry’ibihugu bya Afurika yo mu (…)

Angola yavuze ko ’DR Congo igiye kuganira na M23’

Ibiro bya perezida wa Angola byatangaje ko bigiye kuvugana n’umutwe wa M23 kugira ngo itsinda (…)

Amerika yitezwe kugeza ku Burusiya icyifuzo cy’agahenge k’iminsi 30

Ukraine yavuze ko yiteguye kwemera agahenge k’ako kanya k’iminsi 30 mu ntambara irimo kurwana (…)