skol

Politiki

Museveni yakuriye inzira ku murima impunzi z’Abanyarwanda zishaka ubwenegihugu bwa Uganda

Perezida Yoweri Museveni yashwishurije impunzi z’Abanyarwanda zishaka ubwenegihugu bwa Uganda, (…)

FDLR yasajije imigeri yandikira Perezida Donald Trump ivuga ku masezerano y’amahoro ya Washington

Mu byo DR Congo n’u Rwanda byumvikanye mu masezerano y’amahoro ya Washington harimo kurandura (…)

Trump yise ’ubupfapfa’ igitekerezo cy’ishyaka rishya rya Musk

Perezida w’Amerika Donald Trump yanenze bikomeye Elon Musk wahoze ari inshuti ye ikomeye nyuma (…)

Umuhungu wa Museveni yashimangiye ko ‘Muhoozi Project’ ari ikinyoma

Umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni akaba n’Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi (…)

Turi Gusuzuma Ishingiro Ry’Ibyo AFC/M23 Basaba- Kayikwamba

Mu gusubiza niba Guverinoma ya DRC izemera ingingo umunani AFC/M23 isaba kugira ngo intambara (…)

Perezida Kagame yavuze ku buryo Tshisekedi yahawe ubutegetsi mu manyanga Kenyatta na Ramaphosa bareba

Perezida Paul Kagame yashimangiye ko uburyo Félix Antoine Tshisekedi yabaye Perezida burimo (…)

Twifuza amahoro arambye, ubushuti n’ubufatanye n’u Rwanda – Gen. Muhoozi

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, (UPDF) Ge. Muhoozi Kainerugaba yagaragaje ko u Rwanda na (…)

AFC/M23 yeruye ishinja Congo kudobya ibiganiro

Ubuyobozi bw’Ihuriro AFC/M23 bwatangaje ko nubwo bukomeje gukora ibishoboka byose ngo amahoro (…)

M23 na Kinshasa bagiye gusubira mu biganiro i Doha ’vuba’

Umujyanama mukuru wa Perezida Trump kuri Afurika avuga ko ibiganiro hagati ya leta ya Kinshasa (…)

Trump yahamije ko Amerika izakomeza guha intwaro Ukraine

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yanyomoje ibimaze iminsi bivugwa mu (…)

Amasezerano y’u Rwanda na RDC yakururiye AFC/M23 kuvuga ku hazaza hayo

Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rigiye gutangaza ku ruhande ihagazeho ku bijyanye (…)

Massad Boulos-Amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC ’ahanini areba M23’

Umujyanama mukuru wa Perezida w’Amerika Donald Trump kuri Afurika yabwiye BBC News ko ingingo yo (…)

Imyanzuro ya Trump ishobora gutera urupfu rw’ Abarenga miliyoni 14 muri 2030-Ubushakashatsi

Ubushakashatsi bw’Ikinyamakuru mpuzamahanga cy’ubushakashatsi mu buvuzi, bugaragaza ko icyemezo (…)

Macron na Putin bavuganye kuri telephone nyuma y’imyaka ibiri

Ku wa kabiri Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron yavuganye kuri telefone na mugenzi we (…)

Iby’ingenzi mu masezerano y’amahoro u Rwanda na Congo basinyiye muri America

Guverinoma y’u Rwanda n’iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zibifashijwemo n’iya Leta (…)