skol

Politiki

CPAC: Inama y’Abanyapolitiki Bagendera ku Matwara y’Abakurambere

Muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, Visi-Perezida JD Vance kuri uyu wa kane yafunguye mu nkengero (…)

General Masunzu yahunze

Gen, Masunzu Pacifique wari wahawe akazi ko kwivuna umutwe wa M23, yakijijwe n’amaguru (…)

U Burusiya bwanenze Amerika n’Uburayi butavuga ku bancacuro bari muri Congo

U Burusiya ku wa Gatatu tariki ya 19 Gashyantare, bwanenze Leta Zunze Ubumwe za Amerika (…)

Bwa mbere Abatalibani bagiriye uruzinduko rwa dipolomasi mu Buyapani

Itsinda ry’Abatalibani bayoboye Afghanistan ryageze mu Buyapani mu ruzinduko rwa dipolomasi, (…)

Antonio Guterres ntiyemera ibyo Nangaa avuga byo kugera i Kinshasa

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres, yatangaje ko ibyo Umuyobozi (…)

’Nasuye Besigye, amaze iminsi 5 atarya, uko amerewe birababaje’ – Umugore we Winnie Byanyima

Winnie Byanyima yatangaje ko ku wa mbere yasuye umugabo we Kizza Besigye aho afungiye, asobanura (…)

Zelensky yabwiye Abanya-Ukraine bifuza amatora ko bakwishakira ubundi bwenegihugu

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yakuriye inzira ku murima abaturage be bari kugaragaza (…)

Dr. Kizza Besigye agiye kuburanishirizwa mu nkiko za gisivile

Urubanza rwa Dr. Kizza Besigye wari umaze iminsi yiyicisha inzara muri gereza, rugiye kuvanwa mu (…)

Nyuma yo gufata Bukavu ,M23 yongeye gusaba Leta ya Congo kwemera ibiganiro

Ihuriro AFC/M23 ku cyumweru tariki ya 16 Gashyantare 2025, ryasabye Guverinoma iyobowe na Felix (…)

Marco Rubio Yavuze ko Umutwe wa Hamas Ugomba Kurandurwa

Ministiri w’ububanyi n’amahanga w’Amerika Marco Rubio ari i Yerusalemu aho yagiranye ibiganiro (…)

Perezida Museveni agiye guhabwa ipeti rya ‘Maréchal’

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yateguje ko ku wa 09 Kamena 2025 (…)

Twe abanyarwanda ntawe dusaba uburenganzira bwo kubaho - Perezida Kagame

"Iyaba umukino wo kwitana ba mwana, imbwirwaruhame nziza, ibinyoma, kutagira isoni, byari (…)

Umutwe wa M23 wagize icyo uvuga ku rupfu rw’Umuhanzi Idengo

Ku mugoroba w’ejo ku wa Kane tariki 13 Gashyantare 2025, ku mbuga nkoranyambaga hacicikanye (…)

Abasenyeri basabye Tshisekedi gucisha macye akaganira na M23

Musenyeri Donatien Nshole, uyoboye Inama y’Abepiskopi Gatolika ba RD Congo na bagenzi be, (…)

Perezida Trump yemeranyije na Putin gutangira ibiganiro bihagarika intambara muri Ukraine

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko yagiranye ikiganiro kuri (…)