skol

Politiki

Kapiteni Traoré yitwaje imbunda mu irahira rya Perezida wa Ghana piteza impungenge

Umutegetsi wa gisirikare wa Burkina Faso Kapiteni Ibrahim Traoré yateje impungenge ubwo ku wa (…)

Perezida Biden YABWIYE Trumpa ko yari kumitsinda iyo yitabira amatora

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yavuze ko yari gutsinda Donald Trump mu (…)

Jean Marie Le Pen utavugaga rumwe na buri butegetsi mu Bufaransa Yapfuye

Umufaransa wari umunyapolitiki ukomeye mu batavuga rumwe na Leta akaba Se wa Marine Le Pen (…)

Inteko Ishinga Amategeko yemeje bidasubirwaho Donald Trump nka Perezida wa Amerika

Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yemeje Donald Trump nk’uwatsinze (…)

Zelensky afite inzozi z’umuhuro wa Trump na Putin uzarangiza intambara n’u Burusiya

Perezida Volodymyr Zelenskyy wa Ukraine yavuze ko yifuza kuzabona Perezida Vladimir Putin w’u (…)

Mozambique: Uwatsinzwe amatora ntabyemere agahunga yiyemeje gutaha

Muri videwo yashyizwe ku rubuga nkoranyambaga rwa Facebook, uwo munyapotiki utavuga rumwe na (…)

Gen Muhoozi na Bobi Wine urwa se bakomeje Intambara y’amagambo

Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yateranye amagambo n’umunyapolitiki (…)

Amerika yemeye ko yahaye Ukraine inkunga y’intwaro mbere y’uko itangira intambara n’u Burusiya

Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga, Antony Blinken, (…)

Ghana yateye intambwe yo guha ikaze abanyafurika bose iwayo nta Visa batswe

Leta ya Ghana yatangaje ko guhera muri uku kwezi kwa Mutarama 2025, Abanyafurika bose bazajya (…)

Perezida Kim Jong Un yahishuye umugambi wo guhangana na Amerika

Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un, yarahiriye gushyiraho politiki yo guhangana na Leta (…)

Mu mwaka 2025 dutangiye ibintu bigomba kumera neza byanze bikunze- Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ko umwaka wa 2024 uri kugana ku musozo wabayemo (…)

Perezida Kagame yateguje abagambiriye guhungabanya umutekano kubona isomo

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yibukije abagambirira guhungabanya umutekano w’u Rwanda (…)

Amerika yatangaje umunsi wo guherekeza Jimmy Carter wayiyoboye kuva mu 1977

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko uwahoze ari Perezida wayo kuva mu 1977 kugeza mu 1981, (…)

Kenya yafunze Senateri wagaragaye yifatanyije n’abaturage mu myigaragambyo

Senateri Okiya Omtatah uhagarariye akarere ka Busia mu Nteko Ishinga Amategeko ya Kenya, yatawe (…)

Perezida mushya muri Georgia yarahiye, uwo asimbuye yanga kumubisa

Muri Georgia, Perezida Mikheil Kavelashvili watowe nka Perezida mushya w’icyo gihugu, yarahiriye (…)