skol

Politiki

Perezida Biden wageze muri Angola byitezwe ko we na Lourenço ‘bavuga no ku kibazo cya DR Congo’

Iby’iyi nama izahuriramo ba perezida w’u Rwanda na DR Congo byatangajwe mbere gato y’uko (…)

Perezida Biden yababariye umuhungu we wari warahamijwe ibyaha

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yababariye umuhungu we, Robert Hunter (…)

Tshisekedi yanze kwitabira inama ya EAC ntiyanohereza intumwa

Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yanze kwitabira inama ya 24 (…)

Inshuti y’akadasohoka ya Trump yagizwe Umuyobozi wa FBI

Perezida Donald Trump watorewe kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yahisemo inshuti ye Kash (…)

Tanzania: CCM ya Samia Suluhu yatsinze amatora ku majwi 99%

Leta ya Tanzania – biciye kuri minisitiri mu biro bya perezida ushinzwe ubutegetsi bw’igihugu – (…)

Tshisekedi yahamagawe na Lourenço baganira ku mutekano wo mu burasirazuba bwa Kongo

Perezida wa Angola, João Lourenço na mugenzi we Félix Tshisekedi baganiriye ku buryo amahoro (…)

Kaminuza zo muri Amerika zasabye abakozi n’abanyeshuri kwihuta bakaza mbere y’uko Trump arahira

Amashuri makuru na kaminuza zo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika arimo kwandikira abanyeshuri (…)

Papa agiye kugira umuhire Floribert Bwana Chui uvuka i Goma

Papa Francis yatanze uruhushya ko Floribert Bwana Chui Bin Kositi ukomoka muri Repubulika ya (…)

Elon Musk yatutse by’agasuzuguro Angela Merkel wahoze ayobora u Budage

Elon Musk ufite urubuga rwa X yahoze ari Twitter, yatutse Angela Merkel wahoze ayobora u Budage, (…)

USA: Umushinjacyaha wari wareze Trump yasabye ko ibyaha yari akurikiranyweho biteshwa agaciro

Umushinjacyaha wihariye wari waratanze ibirego bishinja Donald Trump, yasabye urukiko gutesha (…)

Amerika yashimangiye ko yemereye Ukraine kurasa mu Burusiya ikoresheje intwaro zayo

Ibiro by’Umukuru w’Igihugu muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, byatangaje ko koko iki gihugu (…)

USA: Minisitiri Blinken Ari mu Nama ya G7 mu Butaliyani yitezweho guhana Uburusiya

Kuri iki cyumweru, Ministiri w’ububanyi n’amahanga w’Amerika Anthony Blinken yageze mu (…)

Sudani iri mu byago byo guhinduka igihugu cyananiwe kwitegeka-Umuyobozi wa NGO

Umukuru w’umuryango ukomeye utanga imfashanyo yabwiye BBC ko igihugu cya Sudani cyashegeshwe (…)

Amerika – Ukraine: Hafi kimwe cya kabiri cy’inkunga yo guhangana n’Uburusiya yaranyerejwe

Piotr Kulpa wahoze muri Guverinoma ya Pologne, yavuze ko hafi kimwe cya kabiri cy’amafaranga (…)

Abahanganye na Tshisekedi Muri Politiki bahuje imbaraga

Abo ni Joseph Kabila, Moïse Katumbi, Martin Fayulu na Matata Ponyo Mapon. Aba bagabo ubusanzwe (…)