skol

Politiki

Kenya: Hatangiye iperereza ku ishimutwa ry’umunyapolitiki Dr. Kizza Besigye

Kenya yatangaje ko yatangiye gukora iperereza ku munyapolitiki, Dr. Kizza Besigye utavuga rumwe (…)

Kiliziya Gatorika mu karere yasabye ko imipaka y’u Rwanda n’u Burundi yafungurwa

Inama y’Abepisikopi Gatorika bo mu bihugu by’u Rwanda, u Burundi na Repubulika ya Demokarasi ya (…)

Gaetz yateye utwatsi Trump washakaga kumugira Intumwa Nkuru ya Leta muri Guverinoma ye

Matt Gaetz wari washyizweho na Perezida Donald Trump ngo abe Intumwa Nkuru ya Leta muri Leta (…)

Perezida Ruto yahagaritse amasezerano n’ikigo cy’umuherwe Adani

Perezida wa Kenya, Dr William Samoei Ruto, kuri uyu wa 21 Ugushyingo 2024 yafashe icyemezo cyo (…)

Amerika yatangaje ko uwatsinzwe amatora muri Venezuela ari we ifata nka Perezida

Bwa mbere, Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko Edmundo Gonzalez watsinzwe na Nicolas (…)

Besigye utavuga rumwe na Museveni biravugwa ko yafunzwe

Umugore w’umunyapolitike utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda Kizza Besigye avuga ko uwo mugabo (…)

Mondlane wateje imyigaragambyo yakurikiye amatora muri Mozambique yajyanwe mu nkiko

Ibiro by’Umushinjacyaha Mukuru wa Mozambique byatangaje kuri uyu wa Mbere ushize, itariki ya 18 (…)

Uganda:Colonel Kizza Besigye yaburiwe irengero

Col. Dr Kizza Besigye utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, (…)

RDC: Iryinyo rya Lumumba ububirigi buherutse kugarura mu gihugu ryibwe

Iryinyo rya Patrice Lumumba wigeze kuba Minisitiri w’Intebe wa Repubulika Iharanira Demokarasi (…)

Hagenzurwe ko Israel iri gukora Jenoside muri Gaza-Papa Francis

Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Fransisko, yasabye amahanga gucukumbura neza niba (…)

Lambert Mende Yagarutse Muri Dipolomasi ya DRC guhuza na Tshisekedi

Lambert Mende Omalanga wigeze kuba Umuvugizi wa Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (…)

RDC:Ruracyageretse hagati ya Tshisekedi na Opozisiyo kubera itegeko nshinga

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo akomeje kutajya (…)

America:Hashyizweho ubwato buzinjirwamo n’abadashaka kuyoborwa na Trump bakazasohoka avuyeho

Ikigo gifite ubwato bugezweho, Villa Vie Residences, cyatanze amahirwe ku Banyamerika baherutse (…)

Trump ashobora kohereza abimukira mu bihugu birimo u Rwanda

Itsinda rya Perezida Trump riri kwiga ku buryo bwo kohereza abimukira bari muri Amerika mu buryo (…)

DRC: 7,43 % By’Ingengo Y’Imari Ya 2025 byashyizwe mu Gisirikare

Isesengura ry’ingengo y’imari y’umwaka wa 2025 yemejwe n’Inteko ishinga Amategeko ya Repubulika (…)