skol

Politiki

RDC:Tshisekedi ntiyorohewe n’ubushake yagaragaje bwo guhindura Itegeko Nshinga

Abanyapolitiki bakomeye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bakomeje kwamagana (…)

Umuhanzi kazi Ariana Grande yiyongereye ku byamamare bishyigikiye Harris

Umuhanzikazi Ariana Grande nawe yamaze kwiyongera ku rutonde rw’ibyamamare bivuga ko (…)

U Bufaransa bwijunditse M23 yubuye imirwano

Leta y’u Bufaransa yamaganye umutwe wa M23, nyuma yo kubura imirwano n’ihuriro ry’ingabo za Leta (…)

Franck Diongo utavuga rumwe na Tshisekedi yasubije abamunenze gusura u Rwanda

Mu butumwa burebure yanyujije ku rubuga rwe rwa X, Franck Diongo, utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa (…)

Mu bihugu 21 bya Afurika imiyoborere yarushijeho kuba mibi mu 2023 - Raporo

Raporo nshya isuzuma ibyerekeye imiyoborere ku mugabane wa Afurika yerekanye ko hafi icya kabiri (…)

Moïse Katumbi yise umugambanyi Tshisekedi wifuza kuyobora RDC ubuzima bwe bwose

Umunyapolitiki Moïse Katumbi Chapwe yamaganiye kure icyifuzo cya Perezida Félix Antoine (…)

Amerika ntikiri igihangange? Hari ibimenyetso ko Uburusiya Ubushinwa na Irani Biyivangira mu Matora

Habonetse ibimenyetso bishya bigaragaza ko Ubushinwa, Irani n’Uburusiya bishishikariye kongera (…)

RDC: Hari amakuru avuga ko Franck Diongo udacana uwaka na Tshisekedi yaba ari i Kigali

Amakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko depite akanaba (…)

Mozambike: Daniel Chapo Yatsinze Amatora y’Umukuru w’Igihugu

Muri Mozambike, komisiyo y’igihugu y’amatora yatangaje burundu kuri uyu wa kane ibyavuye mu (…)

Katari yaragijwe Ibiganiro byo Gushaka Agahenge mu Ntambara yo muri Gaza

Ibiro bya minisitiri w’intebe wa Isiraheli, Benjamin Netanyahu, byatangaje ko intumwa zabo (…)

Tshisekedi yateguje guhindura itegekonshinga ashinja kugaragaza intege nkeya

Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo Félix Tshisekedi yavuze ko itegekonshinga ry’icyo (…)

Tshisekedi yongeye kubwira abaturage be ko ahanganye na Perezida Kagame

Perezida wa DR Congo Antoine Felix Tshisekedi,kuri uyu wa 23 Ukwakira 2024, ubwo yari yagiye i (…)

Amatora: USA ,miliyoni zirindwi zisaga ntibarafata umwanzuro y’uwo bazatora

Mu gihe habura ibyumweru bibiri gusa, abatuye muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, abaturage (…)

U Rwanda na Samoa byasinye amasezerano ashyiraho za ambasade

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 23 Ukwakira 2024, u Rwanda na Samoa byasinyanye amasezerano (…)

Kenya: Rigathi yatumijwe ngo asobanure ibyo kumuroga yashinje Leta

Rigathi Gachagua wahoze ari Visi Perezida wa Kenya, yasabwe kwitaba Urwego rw’Ubugenzacyaha muri (…)