skol

Politiki

Imyigaragambyo Ikomeye Yongeye Kwaduka muri Kenya

Polisi yo muri Kenya iri guhangana n’abigaragambya bamagana ko hari abantu baburiwe irengero (…)

U Burundi bwashinje Somalia kubugambanira mu butumwa bw’amahoro

U Burundi bwagaragaje ko Leta ya Somalia yabugambaniye ubwo yangaga ko bugumisha ingabo 2000 mu (…)

Netanyahu yabazwe Prostate

Minisitiri w’Intebe wa Isilayeli, Benjamin Netanyahu, yagize uburwayi bwa prostate bituma abagwa (…)

Jimmy Carter wayoboye Amerika yapfuye

Jimmy Carter wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yitabye Imana mu ijoro ryo ku (…)

Syria: Amatora ya Perezida ashobora kuba mu myaka ine iri imbere

Amatora ya Perezida wa Syria ashobora kuba mu myaka ine iri imbere, ingingo isa nk’itunguranye (…)

Putin yavuze ko Imana ishyigikiye u Burusiya mu ntambara bwagabye kuri Ukraine

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yatangaje ko Imana iri ku ruhande rw’u Burusiya kandi (…)

Koreya y’Epfo: Perezida w’Agateganyo wasimbuye Yoon Suk Yeol nawe yegujwe atamaze kabiri

Koreya y’Epfo yeguje uwari Perezida w’Agateganyo, Han Duck-soo, nyuma y’ibyumweru bibiri (…)

Koreya y’Epfo: Abadepite basabye perezida w’agateganyo kwegura

Abadepite bo mu Ishyaka Riharanira Demokarasi (Democratic Party: DP) ritavuga rumwe n’ubutegetsi (…)

Kabila na Katumbi bahuje ijwi bamagana abarimo Ingabo z’u Burundi muri RDC

Abanyapolitiki Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya (…)

Gervais Rufyikiri utaravugaga rumwe na Pierre Nkurunziza yatahutse nyuma y’imyaka 9 yarahunze

Gervais Rufyikiri wabaye Visi Perezida wa kabiri w’u Burundi kuva mu 2010 kugeza mu 2015, (…)

Ishyaka rya Katumbi ryizeye gufata ubutegetsi mu matora ya Perezida ya 2028

Ishyaka Ensemble pour la Republique ry’umunyapolitiki Moïse Katumbi utavuga rumwe n’ubutegetsi (…)

I Bujumbura Tshisekedi na Ndayishimiye baganiriye ku ’bufatanye n’umutekano’

Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yaraye ahuye na mugenzi we w’u (…)

M23 n’iyo yafata Congo yose ikagera ku muryango w’aho ntuye sinzashyikirana na yo: Tshisekedi

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yahize ko (…)

Perezida Tshisekedi yageze muri Congo Brazzaville kuganira na mugenzi we

Perezida wa Congo Kinshasa, Félix Tshisekedi yageze muri Congo Brazzaville aho agirana ibiganiro (…)

Zambia: Igipolisi cyafunze abakekwaho umugambi wo kuroga Perezida

Polisi ya Zambia yatangaje ko yataye muri yombi abagabo babiri bakekwaho gutegura umugambi wo (…)