skol

Politiki

Hashize imyaka 10 twaravuyeyo: igisubizo cya Putin ku bavuga ko yatsinzwe muri Siriya

Perezida Putin yahinyuje abavuga ko ihirikwa ry’ubutegetsi ry’uwahoze ari Perezida wa Syria, (…)

Marine Le Pen yahanuriye Perezida Macron gutakaza ubutegetsi mbere y’igihe

Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Bufaransa, Marine Le Pen, yatangaje ko Perezida (…)

Urukiko rw’Ikirenga rugiye kumva uruhande rwa TikTok ishobora gukumirwa muri Amerika

Urukiko Rukuru rwemeje ko rugiye kumva uruhande rwa TikTok n’Ikigo ByteDance kiyigenzura, aho (…)

RDC na Sudani ntibakiriye neza ibyo Gen Muhoozi aherutse kubatangazaho

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Sudani byokeje Uganda igitutu, nyuma y’amagambo (…)

Trump yagaye umwanzuro wa Perezida Biden wemereye Ukraine kurasa misile mu Burusiya

Donald Trump witegura kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika guhera muri Mutarama 2025, yanenze (…)

Amahanga akomeje gusibanira Kwiyegereza Abafashe Ubutegetsi muri Siriya

Abadiplomate bo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, Turukiya, ibihugu by’Uburayi n’iby’Abarabu (…)

Antony Blinken wa USA Yagiriye Uruzinduko Rutatangajwe muri Iraki umuturanyi wa Siriya

Kuri uyu wa gatanu, minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Antony (…)

U Bufaransa bwabonye Minisitiri w’Intebe mushya nyuma yo kweguza Michel Barnier

Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yashyizeho Minisitiri w’Intebe mushya François Bayrou (…)

Ibihugu bitandatu by’i Burayi byashyigikiye umugambi wa Ukraine wo kwinjira muri OTAN

Ibihugu bitandatu byo mu Muryango w’Ubutabarane w’ibihugu by’i Burayi na Leta Zunze Ubumwe za (…)

Tshisekedi yashimiye "ingabo z’ibihugu by’inshuti" zapfuye zaje gufasha DR Congo

Mu ijambo ry’uko igihugu cyifashe muri uyu mwaka, Perezida Félix Tshisekedi wa DR Congo yavuze (…)

Mozambique bikomeje kuba bibi nyuma y’aho Mondlane watsinzwe atangaje ko azirahiza nka Perezida

Umunyapolitiki Venancio Mondlane nyuma yo gutsindwa amatora y’Umukuru w’Igihugu muri Mozambique, (…)

Syria: Abahiritse Perezida Assad bari mu nzira zo gushyiraho undi muyobozi

Abarwanyi baherutse guhirika ubutegetsi bwa Perezida Bashar al-Assad muri Syria binjiye mu (…)

Ibihano byafatiwe abasirikare bakuru ba FARDC byongereweho umwaka

Akanama k’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi kongeye kuvugurura, kuri uyu wa Mbere, itariki ya 9 (…)

FDLR yarengeje amaso amahano ikora yandikiye Lourenço isaba imishyikirano

Umutwe wa FDLR urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda witabaje Perezida João Lourenço wa Angola, umusaba (…)

Ghana: Visi Perezida yavuze ko abatavuga rumwe n’ubutegetsi aribo batsinze amatora

Visi Perezida wa Ghana Mahamudu Bawumia yemeye ko yatsinzwe mu matora yo ku wa gatandatu ndetse (…)