skol

Politiki

Perezida Assad wa Syria ashobora kuba yahungiye mu Burusiya

Perezida wa Syria, Bashar Assad n’umuryango birakekwa ko bari i Moscow, aho bahawe ubuhungiro (…)

Ndayishimiye yongeye gushinja u Rwanda iterabwoba

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, yongeye kwikoma u Rwanda arushinja kugira uruhare mu (…)

John Mahama yongeye gutorerwa kuyobora Ghana

John Mahama wigeze koyobora Ghana yatorewe kongera kuyobora iki gihugu, ahigitse Mahamudu (…)

Tshisekedi yemeje ko azitabira ibiganiro bya Luanda mu gihe acyinangira ku kuganira na M23

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yemeje (…)

Gen. Muhoozi yongeye kuvugisha benshi ashimangira ko ari we uzasimbura Se ku butegetsi

Umugaba Mukuru w’Ingabo mu gihugu cya Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko nyuma (…)

Burundi : Umutegetsi mu rwego rukuru wari woherejwe mu butumwa yasabye ubuhungiro mu Buburigi

Umuyobozi muri Minisiteri y’Uburezi mu Gihugu cy’u Burundi witwa Germain ,Ndayishimiye ,wari (…)

U Burusiya bwashinje Amerika gutera inkunga iterabwoba muri Syria

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergey Lavrov, yavuze ko raporo z’Igihugu cye (…)

Amakuru Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa wari umazeho amezi 3 yegujwe

Kuri uyu wa Kane, itariki ya 05 Ukuboza 2024, Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yagejeje (…)

Koreya y’Epfo: Polisi iri kugenza Perezida uri gukekwaho kwigomeka ku butegetsi

Polisi ya Koreya y’Epfo yatangiye gukora iperereza kuri Perezida w’iki gihugu, Yoon Suk Yeol, ku (…)

Bemba yiyunze ku baherutse kwifatira ku gahanga Karidinali Ambongo uherutse mu Rwanda

Minisitiri w’Intebe wungirije, akaba na Minisitiri w’Ubwikorezi wa RD Congo, Jean-Pierre Bemba, (…)

Koreya y’Epfo:Umugore yahanganye n’umusirikare ashaka kumwambura imbunda

Ijoro ry’akaduruvayo ryo ku wa kabiri rishyira ku wa gatatu muri Koreya y’Epfo ryabayemo ibintu (…)

Koreya y’Epfo:A bakozi ba Hyundai biyemeje gufatanya n’imbaga iri kwigaragambya ngo yeguze Perezida

Ihuriro ry’abakozi b’uruganda rwo muri Koreya y’Epfo rukora imodoka, Hyundai Group ryatangaje ko (…)

Ibigwi bya Chuck Schumer watorewe kuyobora Aba-Democrates muri Sena ya Amerika

Chuck Schumer yatorowe kongera kuyobora Abasenateri bo mu ishyaka ry’Aba-Democrates bari muri (…)

Namibiya igiye kuyoborwa bwambere n’Umugore Netumbo watowe ku wiganze

Netumbo Nandi-Ndaitwah yatorewe kuba Perezida wa Namibia, yandika amateka yo kuba umugore wa (…)

RDC: Biravugwa ko Tshisekedi arajya kubonana na Perezida Biden muri Angola

Kuri uyu wa Gatatu, Perezida Joe Biden arasura Icyambu cya Lobito, ku mpera y’iburengerazuba ya (…)