skol

Politiki

Perezida Donald Trump Yavuze ko Amerika Izigarurira Intara Gaza

Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump, yarahiriye ko azigarurira intara ya Gaza (…)

Afurika y’Epfo: Abadepite basabiye Minisitiri w’Ingabo kwegura

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri, Minisitiri wungirije w’Ingabo za Afurika y’Epfo, Angie (…)

Kinshasa irashinja ingabo z’u Rwanda ubwicanyi i Goma

Umuvugizi wa leta ya Kinshasa – aterekanye ibihamya - yatangaje ko mu mujyi wa Goma hari (…)

Perezida Ramaphosa wa Afurika y’Epfo yasubije Trump

Perezida Cyril Ramaphosa wa Afurika y’Epfo yasubije mugenzi we Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe (…)

SADC yemeje inama y’igitaraganya na EAC ku mutekano wo mu Burasirazuba bwa Congo

Mu nama idasanzwe y’abakuru b’ibihugu na za guverinoma b’Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo (…)

Intambara y’Uburusiya na Ukraine:Amerika ishaka ko Zelensky ategura amatora ya Perezida

Leta Zunze Ubumwe za Amerika ishaka ko Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, ategura amatora (…)

I Goma: Abaturage barashaka ko Tshisekedi ava ku butegetsi

Abatuye umujyi wa Goma n’impunzi zahunze imirwano yo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira (…)

merica yabujije abaturage bayo gukorera ingendo muri DR.Congo

Ambasade ya Leta zunze ubumwe za America i Kinshasa yasohoye itangazo ribuza abaturage b’icyo (…)

U Bwongereza bwaburiye u Rwanda rukomeje gushinjwa gufasha M23

U Bwongereza bwaburiye u Rwanda buvuga ko uruhare rwarwo mu ntambara ikomeje kubera muri (…)

Perezida Tshisekedi yijeje igisubizo gikakaye nyuma y’ifatwa rya Goma

Ku nshuro ya mbere Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yagize icyo avuga kuva ibitero (…)

SADC yateranyije inama y’igitaraganya muri Tanzania

Umuryango uhuza ibihugu bya Afurika y’Amajyepfo, SADC, wakoze inama y’igitaraganya i Dar es (…)

Felix Kulayigye uvugira igisirikare UPDF cya Uganda , yazamuwe mu ntera

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yazamuye mu ntera Brig Gen Felix (…)

Pasiporo zifite ikimenyetso cya ’X’ nk’igitsina cya nyirayo zataye agaciro muri America

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yahagaritse kwakira ubusabe (…)

Muyaya aravuga ko Umujyi wa Goma wigaruriwe n’Ingabo z’u Rwanda

Minisitiri w’itumanaho akaba n’umuvugizi wa Leta ya RD Congo, Patrick Muyaya, yatangaje ubutumwa (…)

RDC:Abasirikare 9 mu baje kugarura amahoro baguye ku rugamba

Abasirikare icyenda bo mu majyepfo y’Afurika, biciwe mu burasirazuba bwa Repuburika ya (…)