skol

Politiki

Gen Muhoozi yashyigikiye ibyavuzwe na Perezida Kagame

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yagaragaje ko ashyigikiye Perezida (…)

FARDC yagabye igitero ku giturage cya Gakenke

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, itariki 13 Gashyantare 2025, i Minembwe mu giturage cya (…)

Imirambo y’abasirikare ba Afurika y’Epfo bapfiriye muri RDC ntiragera mu gihugu

Imirambo y’abasirikare ba Afurika y’Epfo 14 bapfiriye mu mirwano yabereye mu Burasirazuba bwa (…)

Ishyaka rya Tshisekedi ryarwanyije gahunda ya Kiliziya na Angilikani y’ibiganiro kuri M23

Ishyaka UDPS rya Perezida Félix Tshisekedi wa RDC, ryarwanyije gahunda ya Kiliziya Gatolika (…)

Ramaphosa yavuze ikizatuma ingabo za SADC ziva muri RDC

Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yagaragaje ko ingabo z’Umuryango wa Afurika (…)

I Bukavu yaranze n’akavuyo,ubusahuzi n’ubwoba mu mpera z’icyumweru

Abantu bitwaje intwaro, bikekwa ko barimo n’abasirikare ba leta na Wazalendo, bateye impagarara (…)

Gen. Makenga yongeye kugaragara mu ruhame

Umuyobozi w’Igisirikare cy’Umutwe wa M23, Général-Major Sultani Makenga, yagaragaye mu ruhame (…)

Kwemera imishyikirano si ikimenyetso cy’intege nke - Perezida Ruto avuga ku kibazo cya RDC

Dr William Samoei Ruto uyobora Kenya n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (…)

U Bubiligi bwemereye RD Congo ko gufatira ibihano u Rwanda muri EU biri kwanga

Mu gihe imirwano yabereye i Goma yaba yarahitanye abantu 3.000 nk’uko imibare y’agateganyo ya (…)

Argentine nayo yikuye muri OMS

Umuvugizi w’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu muri Argentine, Manuel Adorni, yatangaje ko iki gihugu (…)

Visi Perezida wa Philippines yegujwe

Inteko Ishinga Amategeko ya Philippines yakuye mu nshingano Visi Perezida Sara Duterte ku wa (…)

Amerika yanze kwitabira inama ya G20 izabera muri Afurika y’Epfo

Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga, Marco Rubio, (…)

Umunyamabanga Mukuru wa CNDD-FDD ari kwivuriza i Dubai

Umunyamabanga Mukuru w’Ishyaka CNDD-FDD, Révérien Ndikuriyo, akomeje kwivuriza mu bitaro by’i (…)

Zelensky yemeye kugirana ibiganiro na Putin

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yavuze ko yiteguye kugirana ibiganiro na Perezida w’u (…)

Abanyekongo batuye mu Bubiligi bigaragambije basabira u Rwanda ibihano

Bamwe mu bakongomani batuye mu Bubiligi bishoye mu mihanda mu Mujyi wa Buruseli basaba Umuryango (…)