skol

Politiki

America yavumbuwe ineka Uburusiya kubwa Ukraine

Umusirikare w’Amerika w’ipeti rya Majoro ukora nk’umuganga mu gisirikare n’umugore we (…)

Perezida William Ruto Yivuguruje ku Migenderanire ya Kenya n’Ubushinwa

Perezida mushya uherutse gutorwa muri Kenya, William Ruto, yivuguruje kubyo yri yatangaje ku (…)

Amerika ntizemera na rimwe’ kugerageza k’Uburusiya kwiyomekaho ubutaka bwa Ukraine

Perezida Joe Biden yavuze ko Amerika itazigera "na rimwe" yemera ukugerageza kw’Uburusiya kwo (…)

Imibare mishya ya (HCR) irerekana ko Abanye-Congo 6000 bamaze guhungira muri Zambie

Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku Mpunzi HCR ku bufatanye n’abategetsi muri Zambiya, (…)

Abatuye ahafashwe n’Uburusiya babwiwe kwitegura kuburwanira

Gutera intambwe kwa Ukraine mu turere twa Kherson na Zaporizhzhia two mu majyepfo, kugeza ubu (…)

Guverinoma nshya ya Perezida Ruto irimo abanyapolitiki n’abo yagororeye

Kuwa kabiri, Perezida William Ruto yatangaje ba minisitiri bagize guverinoma ye n’abajyanama (…)

London iraha icyubahiro umunyafurika warwanyije ubukoroni

None kuwa gatatu agace k’amateka i London kazwi nka Trafalgar Square karashyirwamo ishusho nshya.

Uburusiya bwatangaje intsinzi mu matora ya kamarampaka bwakoze mu turere twa Ukraine bwigaruriye

Amatora ane yiswe aya kamarampaka yarangiye mu turere tugenzurwa n’Uburusiya two muri Ukraine - (…)

Zuma wahoze ari perezida muri Afurika y’Epfo ashobora kugaruka muri politiki

Jacob Zuma wahoze ari Perezida w’Afurika y’Epfo avuga ko atakuraho ko ashobora gusubira muri (…)

Perezida Ruto yahishuye ikintu gikomeye cyatuma aha Raila Odinga akazi

Perezida William Ruto yaciye amarenga ko yifuza guha akazi Raila Odinga wahoze ari Minisitiri (…)

RDC: Abasirikare bashinjwa Kwica Abashinwa 2 Basabiwe Urwo Gupfa

Umucamanza mu rukiko rwa gisirikare mu burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Kongo, (…)

Uburusiya bwemeye ko habaye amakosa mu gukusanya abajya ku rugamba muri Ukraine

Ibiro bya perezida w’Uburusiya - bizwi nka Kremlin - byemeye ko hakozwe amakosa mu gikorwa (…)

DR Congo: i Goma harimo kuba imyigaragambyo yo ‘gufunga umujyi’

Ibikorwa byinshi mu mujyi wa Goma mu ntara ya Kivu ya ruguru byafunze none kuwa mbere nyuma (…)

Hamenyekanye umuperezida wa Afurika wanze kujya gutabariza Umwamikazi Elizabeth agenda muri Bisi

Mu cyumweru gishize,benshi mu Banyafurika bacitse ururondogoro nyuma yo kubona abayobozi babo (…)

Perezida Ruto yamennye ibanga ry’ibyo yaganiriye na Kagame ku mutekano wa RDC

Perezida wa Kenya William Ruto yavuze ku kibazo cy’umutekano muke muri RDC ikomeje gushinja u (…)