skol

Politiki

America yemeye igurane ngo ifunguze abayo bafungiye mu Burusiya

Ubutegetsi bwa Joe Biden bwatanze “ubusabe bukomeye” bwo kugarura abanyamerika babiri bafungiye (…)

Uburusiya bwanenze Ibihugu byo mu burengerazuba kubera Afurika

Minisiteri ushinzwe ububanyi n’amahanga w’Uburusiya, Sergei Lavrov, yagaye imigirire y’ibihugu (…)

Uganda niyo yari itahiwe kwakira umutegetsi wu Burusiya buri kwiyegereza Afurika

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergey Lavrov yamaze kugera i Kampaka muri (…)

DR Congo n’Urwanda bakeneye kuzahura umubano ngo bizere ahazaza heza

Inama y’Abakuru b’Ibihugu na Guverinoma bihuriye mu Muryango w’Ubukungu bwa Afurika yo hagati, ( (…)

Perezida Tshisekedi yavuze ku mubano wa RDC n’u Rwanda mu nama ya ECCAS

Mu nama y’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma bihuriye mu Muryango w’Ubukungu w’Akarere ka (…)

Uburusiya bwashyize imbaraga mu kwiyegerereza Africa, Sergei Lavrov ari muri Congo

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Uburusiya Sergei Lavrov yaraye ageze muri Congo Brazzaville (…)

Polisi yasatse ibiro bifite aho bihuriye na Visi Perezida Ruto mbere y’amatora

Polisi ya Kenya mu murwa mukuru Nairobi yasatse ibiro byemezwa ko bifite aho bihuriye na Visi (…)

Imyanzuro ikomeye yafatiwe mu nama y’abakuru b’ibihugu bya EAC

Inama ya 22 y’Abakuru b’Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba yafatiwemo imyanzuro (…)

Perezida NDAYISHIMIYE yahawe inshingano zo kuyobora Umuryango wa EAC

Guhera kuri uyu wa 22/7/2022, Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye ni we Ukuriye (…)

Ikibazo cy’ingano zo muri Ukraine zari zarabuze ku isoko cyavugutiwe umuti

Turukiya ivuga ko yageze ku masezerano n’Uburusiya yo gutuma Ukraine yongera kohereza mu mahanga (…)

Ibyaganiriweho hagati y’Intumwa z’u Rwanda n’iza RDC zahuriye i Luanda

Intumwa ziyobowe na ba Minisitiri b’Ububanyi n’Amahaga b’u Rwanda na Repubulika Iharanira (…)

"Uburusiya buri hafi gucika intege muri Ukraine" – MI6

Umukuru w’ubutasi bw’Ubwongereza bwo mu mahanga avuga ko Uburusiya buzagorwa no gukomeza (…)

Umugore wa Perezida wa Ukraine yahishuye ikintu gitangaje umwana we yifuza kuba

Umugore w’umukuru w’igihugu cya Ukraine, Olena Zelenska yavuze ko intambara yo muri Ukraine (…)

US nta makuru ifite ku bivugwa ko ubuzima bwa Putin bumeze nabi

Umukuru w’ikigo cy’Amerika cy’ubutasi bwo mu mahanga (CIA) yavuze ko nta makuru y’ubutasi ahari (…)

Sri Lanka: Hatowe Perezida mushya uri mu bari banzwe n’abaturage

Abagize inteko ishinga amategeko ba Sri Lanka batoye Minisitiri w’Intebe,Ranil Wickremesinghe (…)