skol

Politiki

Burundi: Babicishije mu Ishyaka basaba ko imipaka ibahuza n’u Rwanda ifungwa

Ishyaka rya APDR ryo mu gihugu cy’u Burundi rirasaba ubutegetsi bwa Ndayishimiye kudahirahira (…)

CENI yatesheje agaciro ibyavuye mu matora mu turere tumwe na tumwe

Akanama gashinzwe gutegura amatora muri Republika ya Demokrasi ya Congo, CENI, katesheje agaciro (…)

Umusimbura wa Kim Jong Un ashobora kuba umukobwa ubu ufite imyaka 10

Umukobwa wa Perezida Kim Jong Un wa Korea ya Ruguru, wagiye amuherekeza mu kugerageza ibisasu (…)

Sudani ntiyashimye imigirire ya Kenya yo kwakira Gen Dagalo

Guverinoma ya Sudani yamaganye iya Kenya yakiriye mu cyubahiro umuyobozi w’umutwe witwaje (…)

Corneille Nangaa yishongoye kuri Tshisekedi na SAMIRDRC bahigiye kurandura M23

Coroneille Nangaa wahoze ari Perezida wa Komisiyo y’Amatora muri Repubulika Iharanira Demokarasi (…)

Umukandida umwe niwe waregeye urukiko yamagana intsinzi ya Félix Tshisekedi

Umwe mu bahataniye umwanya w’umukuru w’igihugu muri Repuburika ya Demokarasi ya Congo yatanze (…)

Nigeria igiye guhagarika dipolome ziturutse mu bihugu birimo Kenya na Uganda

Ministeri y’uburezi ya Nigeria yavuze ko igiye guhagarika impamyabumenyi zitangwa mu bihugu byo (…)

RDC: Abatavuga rumwe na Tshisekedi bahagurukiye rimwe bavuga amagambo akomeye

Abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Repubulika ya demokarasi ya Kongo barahamagarira abanyagihugu (…)

Ndikuriyo uyobora CNDD FDD yagaragaje ipfundo ry’ikibazo cy’u Rwanda n’u Burundi

Umunyamabanga mukuru w’Ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi, CNDD-FDD,Révérien Ndikuriyo, yavuze (…)

Hamenyekanye igihe abimukira ba mbere bazagerera mu Rwanda bavuye mu Bwongereza

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu y’u Bwongereza (UK) yatangaje ko Guverinoma yiteguye kohereza (…)

Corneille Nangaa yaragijwe AFC iherutse gushingirwa ngo ihirike Tshisekedi

Corneille Nangaa wigeze kuyobora komisiyo y’amatora muri Congo (CENI), yagizwe umuhuzabikorwa (…)

Ishyaka MSD ryasabye Perezida Ndayishimiye guhagarika kugira u Rwanda urwitwazo

Ishyaka MSD ritavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Burundi rivuga ko umukuru w’igihugu Evariste (…)

U Burundi bushobora kongera gufunga umupaka wabwo n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko igihugu cye kitabanye neza n’u Rwanda (…)

Perezida Tshisekedi yongeye gutorerwa kuyobora RDC

Komisiyo yigenga y’Amatora muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo yatangaje ibyavuye mu matora (…)

Perezida Tshisekedi arakoza imitwe y’intoki ku ntsinzi [AMAJWI MASHYA]

Nyuma y’iminsi icumi habaye amatora rusange muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo,Komisiyo (…)